• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Ukraine zikomeje gukora ibikomeye aho ziri kurwanira mu Burusiya.

minebwenews by minebwenews
August 12, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za Ukraine zikomeje gukora ibikomeye aho ziri kurwanira mu Burusiya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Ukraine zikomeje gukora ibikomeye aho ziri kurwanira mu Burusiya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abasirikare ba Ukraine bamaze kugera mu birometro 30 uvuye mu gace ka Kursk ko mu Burusiya ako ziheruka kwigarurira, nk’uko byatangajwe n’abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zikomeje kuja imbere no kugaragaza ubushobozi bwa gisirikare, nyuma y’uko zifashe agace ka Kusker mu Burusiya agace gaherereyemo umupaka uhuza ibihugu byombi.

Amakuru agahamya neza ko, iz’i ngabo za Ukraine zinjiye imbere mu gihugu cy’u Burusiya mu birometero 30 uvuye muri kariya gace ka Kursk.

Umwe mu bategetsi bo muri Ukraine, yabwiye ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP ko abasirikare babo babarirwa mu bihumbi barimo kurwana ku butaka bw’u Burusiya. Ibi kandi bikaba byari byatangajwe na bashinzwe kurinda imipaka ku ruhande rw’u Burusiya.

Minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yavuze ko aba basirikare babwo barwanye n’abasirikare ba Ukraine hafi y’ibyaro bya Tolpino na Obshchy Kolodez, mu gihe igitero cya Ukraine mu karere ka Kursk cyahagabwe ku wa Gatandatu tariki ya 10/08/2024.

Umuvugizi wa minisitiri y’ububanyi n’amahamga y’u Burusiya Marie Zakharov yashinje Ukraine ‘gutera ubwoba abaturage b’u Burusiya.’

Volodymyr Zelensky, yemeye bwa mbere ko igisirikare cye kigaba igitero cyambukiranya imipaka mu karere ka Kursk mu Burengerazuba bw’u Burusiya.

Yanabwiye kandi abaturage ba Ukraine bo mu mujyi wa Kyiv ko intwaro zikomeye, zirimo zirasa kure ndetse na za drone z’intambara zikomeje kubagabaho ibitero.

Ati: “Tunagabwaho ibitero bya misile, kandi buri gitero nk’icyo gikwiye igisubizo kiboneye.”

Mu mpera z’i Cyumweru dusoje, Minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yavuze ko abasirikare bayo baburijemo ibitero by’umwanzi byari bigamije gusenya ibiri ku butaka bw’u Burusiya.

              MCN.
Tags: Ingabo za UkraineU BurusiyaZiri gukora ibikomeye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.

Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?