Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Ukraine zikomeje gukora ibikomeye aho ziri kurwanira mu Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 12, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za Ukraine zikomeje gukora ibikomeye aho ziri kurwanira mu Burusiya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Ukraine zikomeje gukora ibikomeye aho ziri kurwanira mu Burusiya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abasirikare ba Ukraine bamaze kugera mu birometro 30 uvuye mu gace ka Kursk ko mu Burusiya ako ziheruka kwigarurira, nk’uko byatangajwe n’abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zikomeje kuja imbere no kugaragaza ubushobozi bwa gisirikare, nyuma y’uko zifashe agace ka Kusker mu Burusiya agace gaherereyemo umupaka uhuza ibihugu byombi.

Amakuru agahamya neza ko, iz’i ngabo za Ukraine zinjiye imbere mu gihugu cy’u Burusiya mu birometero 30 uvuye muri kariya gace ka Kursk.

Umwe mu bategetsi bo muri Ukraine, yabwiye ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP ko abasirikare babo babarirwa mu bihumbi barimo kurwana ku butaka bw’u Burusiya. Ibi kandi bikaba byari byatangajwe na bashinzwe kurinda imipaka ku ruhande rw’u Burusiya.

Minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yavuze ko aba basirikare babwo barwanye n’abasirikare ba Ukraine hafi y’ibyaro bya Tolpino na Obshchy Kolodez, mu gihe igitero cya Ukraine mu karere ka Kursk cyahagabwe ku wa Gatandatu tariki ya 10/08/2024.

Umuvugizi wa minisitiri y’ububanyi n’amahamga y’u Burusiya Marie Zakharov yashinje Ukraine ‘gutera ubwoba abaturage b’u Burusiya.’

Volodymyr Zelensky, yemeye bwa mbere ko igisirikare cye kigaba igitero cyambukiranya imipaka mu karere ka Kursk mu Burengerazuba bw’u Burusiya.

Yanabwiye kandi abaturage ba Ukraine bo mu mujyi wa Kyiv ko intwaro zikomeye, zirimo zirasa kure ndetse na za drone z’intambara zikomeje kubagabaho ibitero.

Ati: “Tunagabwaho ibitero bya misile, kandi buri gitero nk’icyo gikwiye igisubizo kiboneye.”

Mu mpera z’i Cyumweru dusoje, Minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yavuze ko abasirikare bayo baburijemo ibitero by’umwanzi byari bigamije gusenya ibiri ku butaka bw’u Burusiya.

              MCN.
Tags: Ingabo za UkraineU BurusiyaZiri gukora ibikomeye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.

Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?