Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Ukraine ziri guhunga kurugamba zihanganyemo n’izu Burusiya mu buryo bukaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 29, 2024
in Regional Politics
2
Ingabo za Ukraine ziri guhunga kurugamba zihanganyemo n’izu Burusiya mu buryo bukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Ukraine ziri guhunga kurugamba zihanganyemo n’izu Burusiya mu buryo bukaze.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni amakuru yemejwe n’umwe mu basirikare bakuru b’ingabo za Ukraine, Lt Gen Oleksandr Syrsky wavuze ko byabaye ngombwa ko abasirikare babo basiga ibirindiro biherereye mu Ntara ya Donetsk iri mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

Avuga ko ibyo babitegetse ingabo zabo kubera igitutu gikaze bokejweho n’ingabo z’u Burusiya.

Yanavuze ko kugeza ubu ibitero by’Ingabo z’u Burusiya biri kugabwa ku kintu icyari cyo cyose, bigamije gutanguranwa no kuba Ukraine yabona imfashanyo yemerewe na leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ninyuma y’uko ubutegetsi bwa perezida Joe Biden, bwemeje kuzohereza imfashanyo ya gisirikare igisirikare cya Ukraine, ingana na miriyaridi 61 z’amadolari y’Amerika.

Igihugu cya Ukraine cyari kigize igihe kivuga ko kiri mu bihe by’u bukene ngo buturutse ku kuba iki gihugu ibyo cyari gifite cyarabimariye kurugamba.

General Syrskyi, wo mu ngabo za Ukraine yakoresheje urubuga rwa Telegram avuga ko ibintu biri kugenda biba bibi.

Yagize ati: “Ibintu biri kugenda biba nabi cyane. Ukraine iri guta ibirindiro kubera umuriro irimo gucanwaho n’Amerika.”

Muri ubu butumwa yemeje ko Ingabo za Ukraine zataye ibirindiro byabo bimwe nabimwe biherereye mu Ntara ya Donetsk bikaza kwigarurirwa n’ingabo z’u Burusiya.

           MCN.
Tags: Ingabo za UkraineUburusiyaZiri guta ibirindiro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Umzalendo yishe arashe umwana uri mu kigero cy’imyaka 12.

I Fizi, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, Umzalendo yishe arashe umwana uri mu kigero cy'imyaka 12.

Comments 2

  1. Nyakirindo Chantal says:
    1 year ago

    Ntibizoroha

  2. Butoto says:
    1 year ago

    Je cite “Yagize ati: “Ibintu biri kugenda biba nabi cyane. Ukraine iri guta ibirindiro kubera umuriro irimo gucanwaho n’Amerika.” fin de citation.

    Ubwo ntubeshye koko! Ingabo za Ukraine iri guta ibirindiro kubera umuriro
    Irimo gucanwaho n’Amerka?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?