• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Ukraine ziri guhunga kurugamba zihanganyemo n’izu Burusiya mu buryo bukaze.

minebwenews by minebwenews
April 29, 2024
in Regional Politics
2
Ingabo za Ukraine ziri guhunga kurugamba zihanganyemo n’izu Burusiya mu buryo bukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Ukraine ziri guhunga kurugamba zihanganyemo n’izu Burusiya mu buryo bukaze.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni amakuru yemejwe n’umwe mu basirikare bakuru b’ingabo za Ukraine, Lt Gen Oleksandr Syrsky wavuze ko byabaye ngombwa ko abasirikare babo basiga ibirindiro biherereye mu Ntara ya Donetsk iri mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

Avuga ko ibyo babitegetse ingabo zabo kubera igitutu gikaze bokejweho n’ingabo z’u Burusiya.

Yanavuze ko kugeza ubu ibitero by’Ingabo z’u Burusiya biri kugabwa ku kintu icyari cyo cyose, bigamije gutanguranwa no kuba Ukraine yabona imfashanyo yemerewe na leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ninyuma y’uko ubutegetsi bwa perezida Joe Biden, bwemeje kuzohereza imfashanyo ya gisirikare igisirikare cya Ukraine, ingana na miriyaridi 61 z’amadolari y’Amerika.

Igihugu cya Ukraine cyari kigize igihe kivuga ko kiri mu bihe by’u bukene ngo buturutse ku kuba iki gihugu ibyo cyari gifite cyarabimariye kurugamba.

General Syrskyi, wo mu ngabo za Ukraine yakoresheje urubuga rwa Telegram avuga ko ibintu biri kugenda biba bibi.

Yagize ati: “Ibintu biri kugenda biba nabi cyane. Ukraine iri guta ibirindiro kubera umuriro irimo gucanwaho n’Amerika.”

Muri ubu butumwa yemeje ko Ingabo za Ukraine zataye ibirindiro byabo bimwe nabimwe biherereye mu Ntara ya Donetsk bikaza kwigarurirwa n’ingabo z’u Burusiya.

           MCN.
Tags: Ingabo za UkraineUburusiyaZiri guta ibirindiro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Umzalendo yishe arashe umwana uri mu kigero cy’imyaka 12.

I Fizi, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, Umzalendo yishe arashe umwana uri mu kigero cy'imyaka 12.

Comments 2

  1. Nyakirindo Chantal says:
    1 year ago

    Ntibizoroha

  2. Butoto says:
    1 year ago

    Je cite “Yagize ati: “Ibintu biri kugenda biba nabi cyane. Ukraine iri guta ibirindiro kubera umuriro irimo gucanwaho n’Amerika.” fin de citation.

    Ubwo ntubeshye koko! Ingabo za Ukraine iri guta ibirindiro kubera umuriro
    Irimo gucanwaho n’Amerka?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?