• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo zagiye gufasha igisirikare cya RDC ku rwanya M23 ziravugwaho imyitwarire igayitse.

minebwenews by minebwenews
October 14, 2024
in Uncategorized
0
Ingabo zagiye gufasha igisirikare cya RDC ku rwanya M23 ziravugwaho imyitwarire igayitse.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo zagiye gufasha igisirikare cya RDC ku rwanya M23 ziravugwaho imyitwarire igayitse.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Abasirikare b’igihugu cya Afrika y’Epfo, bari mu butumwa bwa SADC mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu rwego rwo gufasha Leta ya Kinshasa guhashya umutwe wa M23, baravugwaho kwitwara nabi.

Nk’uko bizwi ingabo za Afrika y’Epfo zageze ku butaka bwa RDC ahagana mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023 akaba ari nazo ziyoboye ubutumwa zihuriyeho n’iza Malawi na Tanzania aho zaje muri iki gihugu gufasha igisirikare cya RDC kurwanya umutwe wa M23.

Gusa ubutumwa zirimo bwagiye bugira imbogamizi zitandukanye zirimo kuba iz’i ngabo zaragiye muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo zidafite ibikoresho bihagije, ari nabyo byagiye bituma zigira inkurukizi zirimo imfu za hato na hato za bamwe mu basirikare babugiyemo.

Kimwe mu bitangaza makuru byo muri Afrika y’Epfo, cyitwa News 24, giheruka gutangaza ko izi ngabo zishinjwa imyitwarire yo mu buryo butandukanye, cyane cyane ubusambanyi.

Kivuga ko bamwe muri abo basirikare ba Afrika y’Epfo bashinjwa gutera inda abakobwa ba Banye-kongo bakiri bato abandi baregwa kuja mu tubari bakanywa inzoga kugeza aho bamwe barara mu tubari kubera ubusinzi.

Iki gitangaza makuru cyakomeje gitangaza ko hari abagore babiri bo muri iz’i ngabo za Afrika y’Epfo bafite ipeti rya Major, baheruka gushwanira mu ruhame, bapfa umusore w’umunyekongo wabasambayaga.

Nyuma y’uko ibyo bimenyekanye, byatumye ubuyobozi bw’izi ngabo za Afrika y’Epfo muri Kivu Yaruguru butangaza ko bwamemye iyo myitwarire mibi y’ingabo zabo kandi ko buri gukora iperereza kugira ngo hamenyekane ukuri ababyitwayemo nabi bahanwe by’intanga rugero.

              MCN.
Tags: Imyitwarire igayitseIngabo za Afrika y'EpfoRdcSndf
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post
Haratutumba intambara ikaze hagati ya Tayiwani n’u Bushinwa.

Haratutumba intambara ikaze hagati ya Tayiwani n'u Bushinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?