Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo zagiye gufasha igisirikare cya RDC ku rwanya M23 ziravugwaho imyitwarire igayitse.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 14, 2024
in Uncategorized
0
Ingabo zagiye gufasha igisirikare cya RDC ku rwanya M23 ziravugwaho imyitwarire igayitse.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo zagiye gufasha igisirikare cya RDC ku rwanya M23 ziravugwaho imyitwarire igayitse.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abasirikare b’igihugu cya Afrika y’Epfo, bari mu butumwa bwa SADC mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu rwego rwo gufasha Leta ya Kinshasa guhashya umutwe wa M23, baravugwaho kwitwara nabi.

Nk’uko bizwi ingabo za Afrika y’Epfo zageze ku butaka bwa RDC ahagana mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023 akaba ari nazo ziyoboye ubutumwa zihuriyeho n’iza Malawi na Tanzania aho zaje muri iki gihugu gufasha igisirikare cya RDC kurwanya umutwe wa M23.

Gusa ubutumwa zirimo bwagiye bugira imbogamizi zitandukanye zirimo kuba iz’i ngabo zaragiye muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo zidafite ibikoresho bihagije, ari nabyo byagiye bituma zigira inkurukizi zirimo imfu za hato na hato za bamwe mu basirikare babugiyemo.

Kimwe mu bitangaza makuru byo muri Afrika y’Epfo, cyitwa News 24, giheruka gutangaza ko izi ngabo zishinjwa imyitwarire yo mu buryo butandukanye, cyane cyane ubusambanyi.

Kivuga ko bamwe muri abo basirikare ba Afrika y’Epfo bashinjwa gutera inda abakobwa ba Banye-kongo bakiri bato abandi baregwa kuja mu tubari bakanywa inzoga kugeza aho bamwe barara mu tubari kubera ubusinzi.

Iki gitangaza makuru cyakomeje gitangaza ko hari abagore babiri bo muri iz’i ngabo za Afrika y’Epfo bafite ipeti rya Major, baheruka gushwanira mu ruhame, bapfa umusore w’umunyekongo wabasambayaga.

Nyuma y’uko ibyo bimenyekanye, byatumye ubuyobozi bw’izi ngabo za Afrika y’Epfo muri Kivu Yaruguru butangaza ko bwamemye iyo myitwarire mibi y’ingabo zabo kandi ko buri gukora iperereza kugira ngo hamenyekane ukuri ababyitwayemo nabi bahanwe by’intanga rugero.

              MCN.
Tags: Imyitwarire igayitseIngabo za Afrika y'EpfoRdcSndf
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Haratutumba intambara ikaze hagati ya Tayiwani n’u Bushinwa.

Haratutumba intambara ikaze hagati ya Tayiwani n'u Bushinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?