Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’igihugu cya Afrika y’Epfo, zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, byatangajwe ko zibayeho mubuzima bugoye kwihanirwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 1, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’igihugu cya Afrika y’Epfo, zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, byatangajwe ko zibayeho mubuzima bugoye kwihanirwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byatangajwe ko ingabo z’i gihugu cya Afrika y’Epfo(SANDF), zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zibayeho mu buzima butari ubwo kwihanganirwa.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni mu makuru yashizwe hanze n’urubuga rwo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, ruzwi nka ‘Newzroom Afrika.’

Ay’amamakuru uru rubuga rwa shize hanze avuga ko leta ya Afrika y’Epfo imaze kohereza abasirikare bagera kuri 600 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko bakaba babayeho mu buzima bugoye.

Ni mu gihe abo basirikare bahatirwa gusangira ubwiherero(toilet ) bumwe bafatiye ku mubare wa bantu ijana(100).

Usibye ubwiherero no mubijanye no kugaburirwa, byatangajwe ko bagaburirwa nabi kandi nibyo bahawe bakabihwabwa bituzuye nk’uko uru rubuga rwa komeje rubitangaza.

Ingabo za SANDF zageze mu Burasirazuba bwa RDC, mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri umwaka ushize, n’inyuma gato y’uko ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EACRF, zari zimaze kuva ku butaka bw’icyo gihugu, ubwo zari zimaze gushinjwa na Guverinoma ya Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe wa M23.

Kuva izo ngabo zigeze ku butaka bwa RDC gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwanya M23, nta rugamba narumwe bararwana ngo batsinde uwo mutwe.

Izi ngabo za Afrika y’Epfo ziri mu butumwa bwahawe izina SAMIDRC, zibuhuriyemo n’iza Malawi ndetse n’iza Tanzania.

         MCN.
Tags: Mubuzima bugoyeRdcSANDFZibaye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bw’i ngabo z’igihugu cya Uganda(UPDF), bwemeje urupfu rwa Brig General Stephen Kigundu, wapfuye urupfu rutunguranye.

Ubuyobozi bw'i ngabo z'igihugu cya Uganda(UPDF), bwemeje urupfu rwa Brig General Stephen Kigundu, wapfuye urupfu rutunguranye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?