• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’igihugu cya Afrika y’Epfo, zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, byatangajwe ko zibayeho mubuzima bugoye kwihanirwa.

minebwenews by minebwenews
April 1, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’igihugu cya Afrika y’Epfo, zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC, byatangajwe ko zibayeho mubuzima bugoye kwihanirwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byatangajwe ko ingabo z’i gihugu cya Afrika y’Epfo(SANDF), zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zibayeho mu buzima butari ubwo kwihanganirwa.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni mu makuru yashizwe hanze n’urubuga rwo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, ruzwi nka ‘Newzroom Afrika.’

Ay’amamakuru uru rubuga rwa shize hanze avuga ko leta ya Afrika y’Epfo imaze kohereza abasirikare bagera kuri 600 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko bakaba babayeho mu buzima bugoye.

Ni mu gihe abo basirikare bahatirwa gusangira ubwiherero(toilet ) bumwe bafatiye ku mubare wa bantu ijana(100).

Usibye ubwiherero no mubijanye no kugaburirwa, byatangajwe ko bagaburirwa nabi kandi nibyo bahawe bakabihwabwa bituzuye nk’uko uru rubuga rwa komeje rubitangaza.

Ingabo za SANDF zageze mu Burasirazuba bwa RDC, mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri umwaka ushize, n’inyuma gato y’uko ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EACRF, zari zimaze kuva ku butaka bw’icyo gihugu, ubwo zari zimaze gushinjwa na Guverinoma ya Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe wa M23.

Kuva izo ngabo zigeze ku butaka bwa RDC gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwanya M23, nta rugamba narumwe bararwana ngo batsinde uwo mutwe.

Izi ngabo za Afrika y’Epfo ziri mu butumwa bwahawe izina SAMIDRC, zibuhuriyemo n’iza Malawi ndetse n’iza Tanzania.

         MCN.
Tags: Mubuzima bugoyeRdcSANDFZibaye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bw’i ngabo z’igihugu cya Uganda(UPDF), bwemeje urupfu rwa Brig General Stephen Kigundu, wapfuye urupfu rutunguranye.

Ubuyobozi bw'i ngabo z'igihugu cya Uganda(UPDF), bwemeje urupfu rwa Brig General Stephen Kigundu, wapfuye urupfu rutunguranye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?