Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, bwije zirimo kurasisha indege, muri Masisi ariko kugeza ubu ntagace nagato bambuye u mutwe wa M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 9, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuva igihe c’isaha z’igitondo cyakare cyokuri uyu wa Kane, tariki 09/11/2023, mubice byo muri teritware ya Masisi, ukwishirahamwe kw’ingabo za Perezida Félix Tshisekedi barashe ibisasu bakoresheje i ndege ahatuwe n’abaturage ndetse naho M23 iherereye ariko kugeza ubu ntagace nakamwe ziriya Ngabo za Kinshasa zigeze zigarurira, nk’uko tubikesha abaturage baturiye ibyo bice.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze gukusanya n’uko ahagana isaha zakare ziriya ndege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25 na Kajugujugu zagabye ibitero muri Kilolirwe no munkengero zayo nkahitwa kuri Petit Masisi, Kausa ndetse na Kabati mubilometre bike na Mushaki ahari ingabo ninshi za FARDC n’abambari babo.

Zir’iya ndege zarashe no mubindi bice bigize Groupement ya Kibumba arinaho kumunsi w’ejo izo ndege zishe abasivile bane 4 abandi batandatu barakomereka, nk’uko iy’inkuru yemejwe na perezida w’umutwe wa M23 bwana Bertrand Bisimwa.

Amakuru yakomeje guca kumbuga nkoranya mbaga (Social media), ninshi avuga ko hoba harindege ya FARDC yarashweho yo m’ubwoko bwa Kajugugu, gusa ay’amakuru uriya mutwe wa M23 ntaco urabitangazaho ndetse nok’uruhande rwa leta ya Kinshasa ntaco barabivugaho. Inkuru dufite y’ukuri n’uko kugeza ubu u mutwe wa M23 ugihagaze mubirindiro byose baheruka kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo).

Umuvugizi wa M23 mubyapolitike bwana Lawrence Kanyuka, yemeje ko ingabo za RDC zarashe amasasu menshi mubaturage ikoresheje Indege ariko ahamya ko ingabo za ARC zihagaze neza ngo zirinde abaturage n’ibyabo.

Yagize ati: “Ukwishirahamwe kw’ingabo za RDC zarashe ibisasu bakoresheje i ndege ahatuwe n’abaturage. Ingabo zacu zikomeje kurwana kubaturage n’ibyabo.”

Yakomeje avuga ati: “Tumenyesheje imiryango y’imbere mu gihugu n’imiryango mpuza Mahanga ko leta ya Kinshasa ikomeje kwica abaturage ikoresheje kurasisha indege.”

By Bruce Bahanda.

Tags: FDLRKugeza ubu ntagace nagato FARDC yambuye M23MasisiWagner na Wazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ku Ndondo ya Bijombo, hongeye kuvugwa amakuru meza k'umutekano mwiza no k'ubwatsi bw'Inka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?