• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23), zavugutiye umuti ihuriro ry’Ingabo za Tshisekedi, mu rugamba zarwanye kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
April 1, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23), zavugutiye umuti ihuriro ry’Ingabo za Tshisekedi, mu rugamba zarwanye kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23) zasubije ibitero inyuma bari bagabweho kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/04/2024.

You might also like

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

Ni mu bitero by’umvikanamo imbunda ziremereye n’izito guhera igihe c’isaha z’igitondo cyakare, ahagana isaha ya sakumi nebyiri, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, izirimo ingabo z’u Burundi, Wazalendo, SADC, FARDC, abacanshuro na FDLR bagabye ibitero mu bice bya Gatare na Nyange, muri teritware ya Masisi.

Ay’amakuru yanemejwe n’umuvugizi wa M23 aho yatanze ubutumwa asaba ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, guhagarika ibikorwa byo gushigikira abarimo FDLR. Ubwo butumwa bwa Kanyuka bwakomeje buvuga ko ibitero by’i ngabo za Tshisekedi byibasiriye abasivile baturiye uduce twa Nyange na Butare.

Kanyuka yasoje ubutumwa bwe avuga ko ingabo ze zihagaze neza kugira ngo zirwanye abagaba ibitero byibasira abaturage b’abasevile.

Hagati aho urundi rugamba rukomeye rwarimo rubera mu duce twa Bwambaliro, Vunano, Bukara na Kimoka, n’uduce turi mu misozi iri hejuru ya Sake, muri teritware ya Masisi.

Minembwe Capital News yahawe amakuru yizewe n’umwe mu bayobozi ba M23 utashatse kwivuga izina kuko atemerewe gutangaza amakuru avuga ko bakoze akazi neza ku ruhande rwabo ko kandi ibice byose byabereyemo imirwano bifitwe na M23.

Yagize ati: “Vuga ko twabavugutiye umuti! Ni abatumva ariko bari kuba batazongera ku garuka. Ibitero byose aho byagabwe M23 yabisubije inyuma.”

Amakuru dufite kuri ubu n’uko urusaku rw’imbunda ziremereye zumvikanaga mu bice byo muri teritware ya Masisi, aka kanya ziratuje.

Iyi mirwano yabaye kuri uyu wa Mbere, mu gihe ku Cyumweru hari hiriwe ituze mu bice byose byari ku murongo w’u rugamba.

         MCN.
Tags: Butare NyenyeriIngabo za RDCM23urugambaZavugutiye umuti
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka Ese wari uzi ko mu bihe bya kera cyane, Afurika...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abacuruzi bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, abacuruzi bakoze igisa n'imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?