Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo z’u Burundi, baciye igikuba mugihe barimo bambuka muri Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 30, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi(FDNB), bongeye kugaragara aribenshi bambuka muri Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru avuga ko hagaragaye itsinda rya basirikare bi’twaje imbunda nto n’ibibunda bya mizinga biremereye bagaragaye ku nkengero z’uruzi rwa Rusizi, ku mupaka w’u Burundi na Congo Kinshasa, mugace ka Kaburantwa, Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke kuri uyu wa Kane, tariki 26/10/2023, ahagana saa kumi n’ebyiri z’ijoro. Izi ngabo zambukaga umupaka zinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mubice biherereye muri Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru dukesha urubuga SOS Medias Burundi, avuga ko aba basirikare bari mubimodoka binini bya makamyo ane yuzuye imbunda bambuka umupaka.

Bivugwa ko hahise hatangwa amabwiriza ku baturage baturiye umupaka ngo bave aho hantu kugirango batabona uko izi ngabo zambukaga zijya muri Republika ya Demokarasi ya Congo, nk’uko umwe mu bapolisi yabitangarije uru rubuga.

Aya makuru akomeza avuga ko izi ngabo zagombaga kuruhukira mu Mujyi wa Goma, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru no mu misozi yo muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Izi ngabo zoherejwe mu rwego rw’amasezerano ya gisirikare hagati ya Congo n’u Burundi zifite ubutumwa bwo kujya kurwanya inyeshyamba za M23 n’inyeshyamba z’Abarundi ziganje muri Kivu y’Amajyepfo.

Abaturage batuye ku mupaka ariko ngo bafite impungenge zo guhora babona imirambo y’abasirikare b’Abarundi bicirwa ku rugamba muri Congo bacyurwa.

Ubwo babazwaga kuri aya makuru Komiseri w’igipolisi muri komini n’umuyobozi wa Komini Buganda ntibayahakana cyangwa ngo bayemeze ahubwo banze kugira icyo bavuga.

By Bruce Bahanda.

Tags: Baciye igikuba mugihe barimo bambuka muri Republika ya Demokarasi ya CongoIngabo z'u Burundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abazalendo barimo abavanwe i Burundi b'umvikanye basebya leta ya Kinshasa ko itabaha ibiryo n'imbunda zokorusa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?