• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi bya tahuweko binjiye mu mugambi wo kurimbura Abanyekongo ba Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi bya tahuweko binjiye mu mugambi wo kurimbura Abanyekongo ba Banyamulenge.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge bo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo batabarijwe kuba maso ngo kuko bashaka gukorerwa Genocide n’ingabo z’u Burundi.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni ubutumwa burimo guhererekanwa ku mbuga nkoranya mbaga bwatanzwe nu mugabo w’u murundi. Ubu butumwa ya butanze akoresheje audio y’iminota ibiri n’isegonda icumi.

Uwatanze ubwo butumwa y’umvikanye avuga ururimi rw’i Kirundi, araburira Abanyamulenge guhunga bakava mu bice bya Uvira no muri teritware ya Fizi, ahanini yavuze imisozi ya Bubembe ariho hitwa mu Bibogobogo.

Ubwo butumwa bugira buti: “Twa maze gutegura ibitero bizagabwa ku Banyamulenge, Uvira no mu Bubembe. Imbunda bita ruhonyanganda izo nizo twateguye kurasa mu Banyamulenge.”

Bukomeza bugira buti: “Ingabo z’u Burundi zimwe ziri Uvira, Bukavu na Goma, abo biteguriye kwerekera mu misozi y’I mulenge ku kurasa Abanyamulenge ba Makanika.”

Ubwo butumwa bukomeza buvuga ko ingabo z’u Burundi zatsinzwe mu ntambara bahanganyemo na M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri za teritware za Masisi na Nyiragongo, bityo ko bazihorera mu kurwanya Abanyamulenge abo bashinja gukorana byahafi n’umutwe wa M23.

Ubu butumwa butanzwe mugihe mu kwezi gushize uyu mwaka, ubuyobozi bwa Twirwaneho bashize itangazo hanze rishinja leta y’u Burundi gutegura umugambi wo kurimbura Abanyekongo ba Banyamulenge, bo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Iryo tangazo rya navuze ko uwo mugambi u Burundi bwa wuteguye hamwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Itangazo rikomeza rivuga ko Twirwaneho yakiriye aya makuru, mu buryo bw’ibanga, kandi ko bayahawe n’umwe mu Basirikare b’u Burundi bo kurwego rwo hejuru.

Kimwe ho ku wa Gatandatu w’i Cyumweru dusoje ingabo z’u Burundi zari ahitwa ku Kiziba, mu bice byo muri komine Minembwe zarahavuye zigana i Baraka nk’uko amakuru yavuzwe n’abaturiye ibyo bice.

Gusa hari abandi basirikare b’u Burundi bakigenzura uduce tumwe natumae two muri komine Minembwe, harimo n’abandi bagenzura i Ndondo ya Bijombo ndetse no mu Rurambo, aho biheruka gutangazwa ko ingabo z’u Burundi ziri muri ibyo zifatanije n’imitwe y’itwaje Imbunda irimo FDLR (Interahamwe) na Maï Maï.

        MCN.
Tags: Ingabo z'u BurundiKurimbura abanyamulengeumugambi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, inzara niyo yabaye indirimbo.

Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, inzara niyo yabaye indirimbo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?