• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi na FARDC zagabye ibitero ku baturage b’Abanyamulenge i Mulenge

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 8, 2025
in Conflict & Security
0
Umutekano wagarutse mu misozi y’i Mulenge nyuma yaho Twirwaneho ikubise ahababaza Ingabo z’u Burundi n’iza RDC
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi na FARDC zagabye ibitero ku baturage b’Abanyamulenge i Mulenge

You might also like

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iza Leta y’u Burundi zagabye ibitero bikomeye mu duce dutuwe cyane n’Abanyamulenge mu misozi y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ahagana mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 08/11/2025, nibwo biriya bitero byagabwe mu duce dutuwe n’Abanyamulenge.

Amakuru agera kuri
Minembwe Capital News, yemeza ko ibi bitero byibasiye uduce twa Nyaruhinga na Mukoko, aho turi hejuru gato y’umuhana wa Gakenke n’uwo ku Wimiko.

Ibi bitero bivugwa ko byatangiye mu rukerera ahagana saa kumi n’imwe, bikozwe n’izo ngabo za RDC n’iz’u Burundi, aho zari ziturutse mu Bibogobogo no kwa Mulima muri Teritwari ya Fizi.

Amakuru atangwa n’abaturage n’abari hafi y’aho imirwano yabereye, avuga ko umutwe wa Twirwaneho wihutiye kugera ku rugamba, aho wahise utabara abaturage bari batangiye guhungabanywa n’ibyo bitero. Ibi byatumye ingabo zateye zitangira gusubira inyuma mu buryo bwihuse, zimaze kubona ko Twirwaneho ihagurutse ku mugaragaro.

Iyi mirwano ije ikurikira iyabaye ku wa Kane w’iki cyumweru, aho Twirwaneho yigaruriye ibirindiro by’ingabo z’u Burundi na FARDC birimo ibya Rwitsankuku, Bicumbi na Marunde – byose bikaba byari ibirindiro by’ingenzi ku ruhande rwa Leta.

Kugeza ubu, haracyakurikiranwa ingaruka z’ibi bitero, cyane cyane ku baturage b’abasivile bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ndetse hakomeje gusabwa amahanga n’imiryango mpuzamahanga kurebera hafi ibiri kubera muri aka karere no gutabara abaturage bakomeje kugirwaho ingaruka n’iyo mirwano.

Tags: AbanyamulengeFardcIbiteroIngabo z'u Burundi
Share38Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe Mu rwego rwo kugarura ubutabera mu turere twari twaratewe n’ingaruka z’intambara, Délion Kimbulungu, Perezida wa Komisiyo ishinzwe Gusubukura...

Read moreDetails

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kinshasa, ku munsi w’ejo...

Read moreDetails

Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare

Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare Abaturage barenga ibihumbi 21, benshi muri bo bakaba ari abagore n’abana, bahatiwe guta ingo zabo nyuma y’imirwano ikomeye yadutse ku wa...

Read moreDetails

Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo Mu gihe Abanyamulenge bakomeje guhura n’ibibazo by’umutekano muke mu misozi y’i Mulenge no mu bindi bice...

Read moreDetails

Mikenke: MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanganye n’Ihuriro rya FARDC n’Abarwanyi Bafatanyije

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Mikenke: MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanganye n’Ihuriro rya FARDC n’Abarwanyi Bafatanyije

Mikenke: MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanganye n’Ihuriro rya FARDC n’Abarwanyi Bafatanyije Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Mikenke, kari muri teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yisutse ku bwinshi mu Bibogobogo mu gihe Twirwaneho ikomeje kwigarurira ibice byinshi muri Kivu y’Epfo

FARDC yisutse ku bwinshi mu Bibogobogo mu gihe Twirwaneho ikomeje kwigarurira ibice byinshi muri Kivu y'Epfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?