Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, ngo zapfiriye gushira mu mirwano ibahanganishije na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi, ngo zapfiriye gushira mu mirwano ibahanganishije na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa 472 baguye mu mirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Imirwaro yahitanye ingabo z’u Burundi zoherejwe gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku rwanya M23, bya vuzwe ko yabaye tariki ya 25 na 27, z’uku kwezi kwa Mbere umwaka w ‘2024, ibereye muri Muremure no mu nkengero za Mweso.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga urugamba rwa huje ingabo z’u Burundi na M23, rwa bereye mu gace ka Muremure, muri teritware ya Masisi, ahazwi nka hahuza umuhanda uhuza ibice bya teritware ya Masisi n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z’u Burundi kandi zapfuye ku bwinshi mu gitero gikaze bari bagabye mu birindiro bya M23 mu ijoro ryo kw’itariki ya 25, mugace kari mu nkengero za Mweso.

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira ahamya neza ko ingabo z’u Burundi zatakaje abasirikare ba barirwa 472, abandi 131 barakomereka harimo ko abandi bafashwe mpiri.

Urubuga rw’umurundi ushinzwe gutabariza abarundi bari mukaga, Pacifique Ninihazwe, yanditse akoresheje urubuga rwe, avugako ingabo z’u Burundi zo muri Batayo ya 7 kozarasiwe mu mirwano yabahuje na M23 barapfa bose, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bya navuzwe ko iyo Batayo y’ingabo z’u Burundi, isanzwe ibarizwa muri TAFOC, arizo ngabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, gufatanya na FARDC kurwanya imitwe y’itwaje imbunda irimo Red Tabara.

Mu minsi ishize byagiye bitangazwa ko ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ko zagiye zo herezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, gufatanya na Wazalendo na FDLR, kurwanya M23.

Abasirikare b’u Burundi, bongeye kuvugwa ko bapfuye ku bwinshi, mugihe ahagana mu kwezi kwa Cumi, umwaka ushize w’2023, mu nkengero za Kitshanga haguye abandi basirikare babo, barenga 200 harimo n’abandi bafashwe mpiri.

Bruce Bahanda.

Tags: ImirwaroIngabo z'u BurundiM23Mu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruZapfiriye gushira
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibihugu birimo Mali, Burkina Faso na Nigeri, by’i kuye mu muryango w’Afrika  yo mu Burengerazuba, CEDEAO.

Ibihugu birimo Mali, Burkina Faso na Nigeri, by'i kuye mu muryango w'Afrika yo mu Burengerazuba, CEDEAO.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?