• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, ngo zapfiriye gushira mu mirwano ibahanganishije na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
January 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi, ngo zapfiriye gushira mu mirwano ibahanganishije na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa 472 baguye mu mirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Imirwaro yahitanye ingabo z’u Burundi zoherejwe gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku rwanya M23, bya vuzwe ko yabaye tariki ya 25 na 27, z’uku kwezi kwa Mbere umwaka w ‘2024, ibereye muri Muremure no mu nkengero za Mweso.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga urugamba rwa huje ingabo z’u Burundi na M23, rwa bereye mu gace ka Muremure, muri teritware ya Masisi, ahazwi nka hahuza umuhanda uhuza ibice bya teritware ya Masisi n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z’u Burundi kandi zapfuye ku bwinshi mu gitero gikaze bari bagabye mu birindiro bya M23 mu ijoro ryo kw’itariki ya 25, mugace kari mu nkengero za Mweso.

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira ahamya neza ko ingabo z’u Burundi zatakaje abasirikare ba barirwa 472, abandi 131 barakomereka harimo ko abandi bafashwe mpiri.

Urubuga rw’umurundi ushinzwe gutabariza abarundi bari mukaga, Pacifique Ninihazwe, yanditse akoresheje urubuga rwe, avugako ingabo z’u Burundi zo muri Batayo ya 7 kozarasiwe mu mirwano yabahuje na M23 barapfa bose, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bya navuzwe ko iyo Batayo y’ingabo z’u Burundi, isanzwe ibarizwa muri TAFOC, arizo ngabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, gufatanya na FARDC kurwanya imitwe y’itwaje imbunda irimo Red Tabara.

Mu minsi ishize byagiye bitangazwa ko ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ko zagiye zo herezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, gufatanya na Wazalendo na FDLR, kurwanya M23.

Abasirikare b’u Burundi, bongeye kuvugwa ko bapfuye ku bwinshi, mugihe ahagana mu kwezi kwa Cumi, umwaka ushize w’2023, mu nkengero za Kitshanga haguye abandi basirikare babo, barenga 200 harimo n’abandi bafashwe mpiri.

Bruce Bahanda.

Tags: ImirwaroIngabo z'u BurundiM23Mu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruZapfiriye gushira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Ibihugu birimo Mali, Burkina Faso na Nigeri, by’i kuye mu muryango w’Afrika  yo mu Burengerazuba, CEDEAO.

Ibihugu birimo Mali, Burkina Faso na Nigeri, by'i kuye mu muryango w'Afrika yo mu Burengerazuba, CEDEAO.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?