• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi nyinshi zaguye mu mirwano mu misozi y’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
October 27, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi nyinshi zaguye mu mirwano mu misozi y’i Mulenge.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi nyinshi zaguye mu mirwano mu misozi y’i Mulenge.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni amakuru yatangajwe n’umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wavuze ko wivuganye abasirikare b’iki gihugu cy’u Burundi barenga 45, mu ntambara zihanganyemo nabo mu bice by’Itombwe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi byatangajwe na Patrick Nahimana uvugira uyu mutwe wa Red-Tabara, avuga ko abasirikare b’u Burundi imirwano biciwemo ari imaze iminsi ibera mu bice byo muri Mibunda ho muri Secteur ya Itombwe teritwari ya Mwenga.

Ni imirwano uyu mutwe uvuga ko ingabo z’u Burundi zafashwagamo n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) na Maï Maï.

Uyu muvugizi wa Red-Tabara akavuga ko bayiciyemo abasirikare 45 barimo na Lt Col Nyandwi Simon wari umuyobozi w’ungirije w’ingabo z’u Burundi zikorera mu bice bya Komine Minembwe.

Yagize ati: “Abasirikare b’u Burundi 45 n’abo bafatanya batakaje ubuzima, barimo n’umuyobozi w’ungirije w’ingabo za FDNB zoherejwe muri Kivu y’Amajy’epfo zifite icyicaro gikuru mu Minembwe.”

Yunzemo ko usibye abasirikare bapfuye hari n’abandi 32 bakomeretse bikomeye mbere yo kujyajanwa i Bujumbura kuvurirwayo.

Uyu mutwe uvuga ko urwanira ukwishyira ukizana kw’abaturage b’Abarundi bakandamijwe n’ubutegetsi bwa CNDD FDD, kuruhande rwawo ntiwatangaje abarwanyi babo bapfuye cyangwa ngo bakomereke.

Ariko kandi n’igisirikare cy’u Burundi ntacyo kira gira ibyo gitangaza ku bantu babo bivugwa ko bishwe na Red-Tabara.

Uyu mutwe wa Red-Tabara wanatangaje ko utazigera uha agahenge ubutegetsi bw’u Burundi, ngo mu gihe butaremera ko bicarana baganire.

Tags: Ingabo z'u BurundiMibundaRed tabara
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku basirikare n’abapolisi baburiwe irengero muri Kivu y’Epfo.

Ibyo wa menya ku basirikare n'abapolisi baburiwe irengero muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?