• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi zahuye n’agasenyaguro ku muriro w’imbunda za m23 na Twirwaneho, mu misozi y’ahazwi nk’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Uduce ingabo z’u Burundi zisigariyemo ahazwi nk’i Mulenge nyuma y’aho Twirwaneho izikubise umusubirizo.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zahuye n’agasenyaguro ku muriro w’imbunda za m23 na Twirwaneho, mu misozi y’ahazwi nk’i Mulenge.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Ihuriro rigizwe n’Ingabo z’u Burundi, iza Congo n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo ryagabye igitero ku barwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho n’uwa m23 mu misozi miremire y’i Mulenge, maze iyi mitwe ibiri irwanirira Abanye-Congo bahutazwa muri iki gihugu, irekurira umuriro w’imbunda kuri ririya huriro ryabagabyeho igitero, abarigize bakwira imishwaro.

Ni ahagana igihe c’isaha zamanywa yo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 21/03/2025, ni bwo Ingabo zo ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa zagabye igitero kuri m23 na Twirwaneho mu irango rya Ruhuha riri hafi no mu Rurambo irimo ibirindiro bya Twirwaneho na m23, maze abarwanyi bo muri iyi mitwe yagabweho igitero mukuzisubiza izirekuriraho ibirimi by’umuriro w’imbunda zikizwa n’amaguru.

Ako kanya imirwano yahise ihindura isura, nk’uko amakuru agera kuri Minembwe Capital News abivuga, maze karahava uruhande rwa Leta niko guhungira i Marimba ahahoze ari mundiri ya FDLR n’indi mitwe y’amahanga nka Red-Tabara n’indi, ubwo Twirwaneho na m23 n’abo baba babadibutseho, Fardc, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo bongera guhungira ahitwa mu Rubarati ahahoze ari umuhana munini wari utuwe n’Abanyamulenge ariko kubera intambara zahayogoje barahunga ubu wari ibirindiro by’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Ntibyarekeye aho kuko aba barwanyi bo muri m23 na Twirwaneho bahise birukankana izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta bazikura mu Rubarati zihungira mu bice bya Magunda byo muri teritware ya Mwenga nyuma yuko zirukanwe muri biriya bice byavuzwe haruguru byo biherereye muri teritware ya Uvira.

Mu cyumweru gishize ni bwo umutwe wa m23 wakandagije ibirenge byabo iwabo w’Abanyamulenge, bakaba barahitiye mu Rurambo ho mu misozi ya Uvira. Bahita bakirwa na Twirwaneho yarisanzwe ireba iki gice.

M23 yageze muri iki gice cya Rurambo gisanzwe gituwe n’Abanyamulenge, nyuma yuko yari maze gufata i Kaziba, ariko ikaza kuhikura nta mirwano ibaye.

Rurambo iherereye mu ntera y’i birometero bibarirwa muri 200 uvuye mu Minembwe centre ifatwa nk’umurwa mukuru w’imisozi y’i Mulenge ahazwi nk’iwabo w’Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi b’Abanye-Congo.

Hagataho aba barwanyi bo mu mutwe wa m23 baramutse bakandagije ibirenge byabo mu Minembwe ahatuwe n’aba Banyamulenge benshi, bizafatwa nk’intsinzi ikomeye, ndetse uwo munsi uzaba ari amateka ku Munyamulenge wese ahari hose ku isi.

Gusa, haracyari akagendo katari karekare cyane, kugira ngo bagera mu Minembwe, kuko ibice by’i Ndondo ya Bijombo ibyo bagomba kubanza kunyuramo bakabyirukanamo Ingabo z’u Burundi, iza Congo n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo zibegenzura, hanyuma bakinjira mu Cyohagati nacyo igice kimwe kikigenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo ikindi Twirwaneho, nyuma y’aho bakabona kwinjira mu Mikenke na Minembwe umurwa mukuru w’Abanyamulenge. Bizaba ari ibyishimo bidasanzwe, usibye ko Abanyamulenge babwiwe ko uru rugamba barimo ko atari urwabo, huhwo ko ari “urw’Uwiteka n’uwo yabisigiye amavuta ngwagarure amahoro Imulenge, uwo n’Intare-Batinya na Twirwaneho.”

Tags: agasenyaguroIngabo z'u BurundiM23MinembweRuramboTwirwaneho
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku irasana ryabaye hagati y’abasirikare  n’abapolisi i Kinshasa.

Fizi: Hamenyekane icyo FARDC irimo gutegura nyuma y'aho Twirwaneho iyikubise ahababaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?