• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zavuzweho imyitwarire mibi yo gukorana n’imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi zavuzweho imyitwarire mibi yo gukorana n’imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’Abibumbye (ONI) wagaragaje ko hagati y’Ingabo z’u Burundi na CNRD-FLN irwanya leta y’u Rwanda hari ubufatanye budasanzwe.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni mu cyegeranyo cya shizwe hanze n’impuguke z’u muryango wa Loni zikurikiranira hafi umutekano wo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iki cyegeranyo kikaba cyagaragaje ko hari ubufatanye bukomeye hagati y’Ingabo z’u Burundi n’izumutwe w’inyeshamba urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda wa CNRD-FLN.

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi watangiye kuzamo agatotsi mu mpera z’u mwaka w’ 2023 nyuma y’uko perezida Evariste Ndayishimiye yarimo ashinja u Rwanda gutera inkunga Red Tabara. Mu gihe mu myaka yabanje nk’umwaka w’2021 na 2022, ndetse no mu ntangiriro z’u mwaka w’ 2023 umubano w’ibi bihugu wari mwiza.

Ubwo umubano w’ibihugu byombi wari wifashe neza icyo gihe ingabo z’u Burundi zagiye zikozanyaho na CNRD-FLN, umutwe wari usanzwe ufite ibirindiro mu ishyamba rya Kibira rihana imbibi na Nyungwe.

Byageze ubwo mu kwezi kwa Kane umwaka w’ 2023 igisirikare cy’u Burundi gita muri yombi Colonel Mukeshimana Fabien Alias Kamayi ubwo yari ageze mu Ntara ya Cibitike.

Impuguke z’u muryango w’Abibumbye zasobanuye ko ubwo Col Mukeshimana Fabien Alias Kamayi yari afunzwe u Rwanda rwamusabye u Burundi, ariko rurabyanga nyuma ruza ku murekura aja gukomeza ibikorwa byo kuyobora umutwe wa CNRD-FLN mu ishyamba rya Kibira.

Zivuga ko Colonel Nsabimana aja mu Burundi uko abishaka kandi ko asigaye aba i Bujumbura, aho agenzura ibikorwa by’uyu mutwe.

Raporo y’izi mpuguke ivuga ko nyuma yaho umubano w’ibi bihugu byombi uzambye, ingabo z’u Burundi zasubukuye ubufatanye na CNRD-FLN mu bikorwa byo kurwanya imitwe y’itwaje intwaro irimo Red Tabara mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu cya RDC.

Ivuga iti: “Mu gihe cyashize, CNRD-FLN yifashisha u Burundi nk’ahantu hayo hatekanye, hifashishwa mu myitozo no kugaba ibitero ku Rwanda. Ubwo hageragezwaga kuzahura umubano w’u Burundi n’u Rwanda mu 2022 no mu ntangiriro z’u mwaka ushize, u Burundi bwitandukanyije na CNRD-FLN. Ariko ubwo umubano wazambaga, ubufatanye bw’u Burundi na CNRD-FLN bwarasubukuwe.”

Ahagana mu kwezi kwa Gatatu uyu mwaka, Col Nsabimana yavuye i Bujumbura akorera ingendo zitandukanye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Muri iy’i raporo y’impuguke z’u muryango w’Abibumbye ikavuga ko ingendo za Col Nsabimana muri RDC zari zigamije ku rwanya umutwe wa Red Tabara, kandi ko yateguraga i Nama afatanije na Maï Maï Makanaki n’undi mutwe wa Gumino.

Ingabo z’u Burundi zagiye muri Kivu y’Amajy’epfo hashingiwe ku masezerano y’ubufatanye bwa perezida Félix Tshisekedi na Evariste Ndayishimiye. Uretse ko Ingabo z’u Burundi zivugwaho kwifatanya na CNRD-FLN, zinavugwaho kandi kwifatanya na FDLR nayo irwanya Kigali.

         MCN.
Tags: CNRD-FLNImpuguke z'u muryango w'AbibumbyeImyitwarire mibiIngabo z'u BurundiIshyamba rya Kibira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Amafoto yumwe mu bagizwe minisitiri w’urubyiruko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

Amafoto yumwe mu bagizwe minisitiri w'urubyiruko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?