Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zi nubiye ubuyobozi bw’Ingabo zabo aho boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 26, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi zi nubiye ubuyobozi bw’Ingabo zabo aho boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi bari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bi nubiye ubuyobozi bw’Ingabo zabo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ibikubiye mu nyandiko zashizwe hanze n’abasirikare b’u Burundi bari mu mirwano baje gufashamo igisirikare cya leta ya Kinshasa, kurwanya umutwe wa M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, nk’uko bya tangajwe n’urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, uhagarariye ishirahamwe rya Focode, rishinzwe gutabariza abarundi bari mu kaga.

Urwo rubuga dukesha iy’inkuru, ruvuga ko rufite ibarua bahawe na bamwe muri abo basirikare b’u Burundi, isaba u mukuru w’igihugu cyabo kubagoboka ngo kuko bafashwe nabi n’ubuyobozi bw’i ngabo zibayoboye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iyo barua igira iti: “Abasirikare b’u Burundi tu bayeho nk’i mbohe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubwo bugizi bwa nabi tubukorerwa na Brig Gen. Elie Ndizigiye, uwo bakunze kwita Muzinga.”

Nk’uko uru rubuga rukomeza rubivuga n’uko bariya basirikare b’u Burundi batswe amatelephone mu gihe Wazalendo, FDLR, FARDC na SADC bo bazikoresha.

Ibi ngo bikaba bituma aba basirikare b’u Burundi batavugana n’Imiryango yabo. Ikindi n’uko bariya basirikare badahabwa ibiryo ngo kugeza aho baja k’urugamba bashonje, ngo bikab biri mu bituma bapfa cyane, ndetse abandi muribo bagafatwa matekwa.

Iy’i nkuru isoza ivuga ko abasirikare b’u Burundi batswe amatelephone mu rwego rwo kugira ngo ntihabe gutanga amakuru igihe ingabo z’u Burundi zigiye kw’iba amabuye y’agaciro mu bice byo muri teritware ya Masisi, n’igihe baguye k’urugamba.

Abasirikare b’u Burundi batangiye kwinjira mu rugamba rwo kurwanya M23 mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cyenda, umwaka ushize. Gusa ibi leta y’u Burundi ikomeza ku bihakana n’ubwo abasirikare benshi b’u Burundi bamaze gufatwa mpiri abandi bakaba bamaze gupfira muri iyo mirwano.

             MCN.
Tags: Bari nubiraIngabo z'u BurundiUbuyobozi bw'i ngabo zabo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b’u Burundi.

Mu Majyaruguru y'i gihugu cy'u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?