• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, zirenga 1000, zahamijwe kwinjira rwihishwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi, barenga 1000, b’injiye rwishishwa, baciye i b’Uvira, bagana mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku rwanya umutwe wa M23.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Nk’uko bya vuzwe n’uko bariya basirikare batangiye kwinjira k’u butaka bwa RDC, ahagana mu kwezi kwa Cenda(9), tariki ya 21, umwaka dusoje w’ 2023, nk’uko iy’inkuru yashizwe hanze n’ikinyamakuru cya Reuters, aho nacyo kigaragaza ko kiyikesha raporo nshya, y’ impuguke z’u muryango w’Abibumbye.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko bariya basirikare b’u Burundi, binjira ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bambaye umwambaro w’igisirikare c’igisirikare c’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Reuters ikomeza ivuga ko yagerageje kubibaza Ubutegetsi bwa RDC n’igihugu c’u Burundi, banga gutanga igisubizo cya yego cangwa oya!

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi (10), umwaka w’ 2023, ingabo z’u mutwe wa M23, n’ibwo zatangiye kuvuga ko ingabo z’u Burundi ziri mu kwicirwa mu mirwano bahanganyemo n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta, FDLR, Wagner, FARDC na Wazalendo.

Nyuma y’ubu haje gutangazwa ko abasirikare b’u Burundi barenga 150 ba buriwe irengero mu ntambara yari yahuje M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, mu Kibaya cya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ntibyateye kabiri kuko hari abandi basirikare b’u Burundi, bafashwe matekwa muntambara yahuje M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu nkengero za Kitshanga.

Kugeza ubu ingabo z’u Burundi ziracagaragara mu mirwano ikomeje kubera muri Masisi, Rutsuru na Nyiragongo. Gusa ntagisha iz’i ngabo z’u Burundi, zigeze zihindura kuko M23 ikomeza kwa mbura ibice byinshi ingabo za FARDC no kubirukana, nk’uko byahoraga.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u Burundi zirenga 1000 zahamijwe kwinjira rwihishwa mu Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Leta ya Perezida Joe Biden, yasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gukemura amakimbirane ku kibazo c'amotora mu mahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?