• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo z’u Burundi ziri mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zakoze igisa no gutera abaturage ubwoba bagize igihe mu ntambara.

minebwenews by minebwenews
June 6, 2024
in World News
0
Ingabo z’u Burundi ziri mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zakoze igisa no gutera abaturage ubwoba bagize igihe mu ntambara.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi ziri mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zakoze igisa no gutera abaturage ubwoba bagize igihe mu ntambara.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Nibikubiye mu butumwa bwanditse, abaturage bahaye Minembwe Capital News, buvuga ko Igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi kiri mu bice byo muri Komine Minembwe ko cyaraye gikoze ibisa no gukanga abaturage mu rwego bo bavuga ko ari ukubahamura kandi bakagombye kubaba hafi kuko aba baturage bagize igihe bahura n’ibitero byabanzi babo aribo Maï Maï na FDLR, izwiho gukorana byahafi na FARDC.

Ubu butumwa bwanditse bugaragaza ko muri iri joro ryakeye, ahagana isaha ya saa sita, ingabo z’u Burundi ziri hafi n’ikibuga cy’indege cya Kiziba, ko zasakuje cyane ariko ntizarasa.

Nyuma yo gusakuza zatonze umurongo zerekeza inzira ya Kalongi zikomeza zija kwa Mulima.

Ubu butumwa bunavuga ko aba basirikare ko bagiye ari benshi ariko nta mubare wabo uzwi, ariko ko babarirwa mu ijana rirenga.

Ubutumwa bukomeza buvuga ko nyuma y’uko aba basirikare barenze ishyamba (ikibira) rya Mukoko bagana kwa Mulima, nta yandi makuru yabo arongera kumenyekana kugeza izi saha z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 06/06/2024.

Ku Kiziba havuye iryotsinda ry’Ingabo z’u Burundi zakoze igisa no gukanga abaturage, kuri uyu wa Kabiri w’iki Cyumweru nibwo hageze abasirikare benshi b’u Burundi aho baje bava i Bujumbura, banyuze inzira yo ku Ndondo ya Bijombo.

Aba basirikare bakambitse mu bice bitandukanye birimo Kalingi, Kiziba na Bidegu. Imyaka igiye kuba itatu abasirikare b’u Burundi babarizwa mu misozi miremire y’Imulenge, aho bari ku masezerano y’ubufatanye n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

               MCN.
Tags: Igisa no gutera abaturage ubwobaIngabo z'u BurundiKizibaMinembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Bidasanzwe mu nkengero za Kanyabayonga, no muri centre yayo, hagaragaye ituze ridasanzwe.

Bidasanzwe mu nkengero za Kanyabayonga, no muri centre yayo, hagaragaye ituze ridasanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?