Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, zishe Abatutsi, i Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo muri Kivu y’Amajyaruguru mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, zirashinjwa kwica abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, zibarasiye mu gace ka Murambi, gaherereye muri Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nyuma y’uko Ingabo z’u Burundi zifatanije n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, FDLR, Wazalendo, Wagner na FARDC, zitsinzwe n’u mutwe wa M23 muri Mushaki bikarangira ziriya Ngabo z’u Burundi zitawanyitse, bya vuzwe ko ubwo bariya basirikare b’u Burundi bari bamaze kugera ku Murambi, agace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, bahise barasa Abasivile mu Muhana bamwe barakomereka abandi barapfa.

Ati: “Abaturage ba Batutsi, bari kwicwa n’Abasirikare b’u Burundi, barashe mu Muhana wa Murambi abantu ba biri barapfa abandi u Munani barakomereka bikabije.”

Hari n’amakuru avuga ko bariya basirikare b’u Burundi ko boba bahahamitse kubera gukubitwa cyane n’Ingabo za ARC/M23.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, yabwiwe n’uko m’urugamba rwo kuwa Kane, tariki 07/12/2023, bariya basirikare b’u Burundi ko bapfushije abasirikare babo benshi mu Ntambara ya Mushaki no mu nkengero zayo ko kandi batswe n’Imbunda zo mu bwoko bwa Mashini Gani(Mashinigun), 47.

Ibi bikaba byarabatereye guhahamuka. Ni mugihe kandi herekanwe abasirikare b’u Burundi bahungiye ku k’ibuga c’indege ca Goma, aho “basabisha ko batahanwa mu gihugu cyabo i Burundi, ngo kuko ntibashaka kongera kurwana n’umutwe wa M23.”

Aha kandi muri Murambi hari umusirikare wo mungabo z’u Burundi, wiyishe akoresheje imbunda bigakekwa ko yoba yari ya hahamutse.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u Burundi zishe Abatutsi i Ngungu muri teritware ya MasisiMu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Igitero cya Maï Maï, Red Tabara, na FDLR, cyari cyagabwe mu nkengero za Komine Minembwe, Twirwaneho ya gisubije inyuma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?