• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, bumvise gutakamba kwa Banyamulenge bari bibwe Inka, barazigarura.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, bumvise gutakamba kwa Banyamulenge bari bibwe Inka, barazigarura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu itsinda rya TAFOC, bagaruye Inka z’Abanyamulenge zari zibwe na Wazalendo mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 27/03/2024, ahagana isaha z’umugoroba n’ibwo Ingabo z’u Burundi n’izigihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC ), baguruye Inka z’Abanyamulenge zari zibwe zijanwa mu Gipupu ahazwi ko ari mu birindiro bikuru bya Wazalendo (Maï Maï).

Inka zari zibwe zari zo kwa Munyangurube wo kwa Byinshi, zikaba zari zibiwe ku Kabara, ho Muchohagati Chaza Rwerera, mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abahungu be.

Rugikubita bavuze ko hibwe Inka icumi na zitanu, ariko nyuma haje kuboneka zibiri bavuga ko bazisanze mu bindi biraro aho hafi.

Abo kwa Munyangurube wo kwa Byinshi, bavuga kandi ko Inka zabo zibwe zijanwa mu Gipupu, ho mu Mibunda , ko ndetse zahawe umukuru wa Wazalendo (Maï Maï) uzwi kw’i zina rya Mutetezi.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko nyuma y’uko kwa Munyangurube bari bamaze kumenya ko Inka zabo zibwe zijanwa mu Gipupu, ubwo hari ku wa Kabiri w’i ki Cyumweru, bahise biyambaza ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, zari ahitwa mu Mikarati, n’ibwo izi ngabo zahamagaye Maï Maï Mutetezi kugarura Inka bibye z’Abanyamulenge.

Minembwe Capital News yabwiwe ko “Maï Maï Mutetezi akimara kumva icyo asabwa kugarura Inka z’Abanyamulenge yari yibye, nawe yasabye ingabo z’u Burundi kuza kuzifata ariko abasaba kutazana n’Abanyamulenge.”

Byaje kurangira ingabo z’u Burundi hamwe n’abasirikare bake ba FARDC, berekeje mu Gipupu bagezeyo Maï Maï Mutetezi abaha Inka z’Abanyamulenge zose yari yibye kwari icumi na zitatu (13).

Umuhungu wo kwa Munyangurube yahamije ko babonye Inka zabo zibwe.

Ati: “Abasirikare ba TAFOC bari mu Mikarati nibo bazanye Inka zari zibwe na Wazalendo bayobowe na Colonel Mutetezi. Bagaruye Inka 13, izindi zibiri twasanze zari aho mu bindi biraro bya Banyamulenge.”

Yakomeje agira ati: “Dushimiye ingabo z’u Burundi.”

               MCN.
Tags: GipupuIngabo z'u BurundiInka z'AbanyamulengeKabaraMunyangurubeTAFOCWazalendoZagaruweZibwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Aka Nama gashinzwe umutekano ku Isi, kahamagariwe gufatira ibihano u Rwanda rwa Paul Kagame.

Aka Nama gashinzwe umutekano ku Isi, kahamagariwe gufatira ibihano u Rwanda rwa Paul Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?