• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi zongeye gukora ubundi bugome ku Ndondo ya Bijombo

minebwenews by minebwenews
September 2, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo z’u Burundi zongeye gukora ubundi bugome ku Ndondo ya Bijombo
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi bakorera mu bice bituwe n’Abanyamulenge biherereye muri grupema ya Bijombo, ahazwi nk’i Ndondo y’i Buvira cyangwa ya Bijombo muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’aho basahuye mu mihana y’abahatuye, ubu ho bashyinze “amaka” mu mihana yabo hagati.

You might also like

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Bikubiye mu butumwa twahawe n’abamwe mu Banyamulenge baherereye muri ibyo bice, aho ubwo butumwa bugira buti: “Byakomeye noneho, ingabo z’u Burundi ziri gushyinga amakambi yabo ya gisirikare mu mihana hagati dutuyemo.”

Burakomeza buti: “Imwe bayishyinze mu muhana neza rwagati wo kw’Irango, ku Kiziba , indi bayishyinga mu Gahuna no mu yindi mihana itandukanye iyo dusanzwe dutuyemo.”

Mbere hose, amakambi yabaga yegereye iyi mihana, ariko ubuho si ko biri, kuko bayinjije neza imbere.

Uwaduhaye aya makuru yasobanuye ko byavuye ku kuba drone iheruka kurasa abasirikare ba FARDC n’ab’u Burundi bari kwa Musumari mu Gahuna, mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 01/09/2025. Icyo gihe yahitanye abasirikare bari hagati ya 36 na 48, nk’uko byavuzwe, mu gihe abandi benshi bakomeretse.

Amakuru amwe avuga ko yari iy’ingabo za FARDC yayobeye muri kiriya gice ikarasa ku ngabo zayo, ariko yarigambiriye kurasa abarwanyi ba MRDP-Twirwaneho.

Ariko ku rundi ruhande, bivugwa ko yari drone y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP.

Ari naho bahera bavuga ko ziriya ngabo z’u Burundi zashyinze ariya makambi yabo mu mihana ituwe, mu rwego rwo gutinya drone, aho bavuga ko niba ari ya AFC/M23/MRDP iheruka kubatera, ntizongera kubaterera mu buturage, kandi mu gihe yabarashe hakagira abaturage bagira ikibazo, bazabonereho uburyo bwo kuyegekaho ibyaha byo kwica abasivili.

Mu kwezi gushize kwa mu nani uyu mwaka, izi ngabo z’u Burundi zasahuye mu mihana y’aba baturage, zibasahura ibintu bitandukanye birimo amatungo, ibikoresho byo mu ngo, n’ibindi.

Ndetse na nyuma y’ubwo zishe umwana w’umuhungu uri munsi y’imyaka 18 zimwicisha inkoni, mu gihe hari undi zakubise zi mu hindura intere.

Hagataho, ibi bikomeje kongera urwango hagati y’izi ngabo n’abaturage b’i Ndondo ya Bijombo.

Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge Amakuru aturuka mu gace ka Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko Ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize Abanyamulenge ni ubwoko bw’abantu bavuga ururimi rw’Ikinyamulenge, nubwo benshi barufata nk’Ikinyarwanda, batuye cyane cyane mu misozi miremire y'i Mulenge, iri mu ntara...

Read moreDetails

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails
Next Post
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Hafi n'i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n'ingabo za RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?