Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, zatangiye kuva k’ubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 6, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, zatangiye kuzinga ziva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, n’inyuma y’uko perezida Félix Tshisekedi atangaje ko igihe kigeza ngo ubutegetsi bwa Kinshasa bwicungira umutekano.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi perezida Félix Tshisekedi yabisabiye mu Nama y’u muryango w’Abibumbye iheruka kubera i New York ahagana mu kwezi kwa Cyenda (9) uy’u mwaka w’2023.

Umukuru w’igihugu ca RDC yahise avuga ko mu byifuzo bye yifuza ko ziriya Ngabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO zatangira kuva k’ubutaka bwa RDC muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri (12) ariko turimo.

Yagize ati: “Ubutumwa bwa Monusco, bwo kugarura Amahoro n’umutekano muri RDC ntabwo bwigeze bugira icyo bugeraho, muriyi Imyaka 25 irangiye nta musaruro igihugu cyabonye, haba mu kurinda abaturage cangwa kwambura imitwe y’itwaje imbunda ntamusaruro wagezweho.”

Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko iciciro cya mbere cyaziriya Ngabo za MONUSCO koburiye Indege mw’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, tariki 04/12/2023. Nk’uko byavuzwe ziriya Ngabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO izafashe iyambere nizari i Butembo na Bunia ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Muri RDC habarizwa ibihumbi icumi nabitandatu, by’ingabo za MONUSCO bakaba bahamaze igihe kingana n’imyaka 25.

Monusco igera muri Congo Kinshasa, yasanze k’ubutaka bwa RDC hari imitwe y’inyeshamba mike ariko yarushijeho kwiyongera nk’uko icyegeranyo giheruka gushirwa hanze n’ubutegetsi bwa Kinshasa kivuga ko imitwe y’itwaje imbunda ibarizwa muri RDC kuri ubu irenga 216.

Gusa kuri uyu wa Gatatu, tariki 06/12/2023, haraterana inteko y’Akanama ka UN niyo iribwemeze ko ingabo za Monusco ziva k’ubutaka bwa Congo Kinshasa bose.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u muryango w'Abibumbye MONUSCO zatangiye kuva k'ubutaka bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Intambara iheruka kubera mu Rurambo, ngoyaba ar'iyo nyiribayazana w'impinduka zaraye zibaye mu Gisirikare muri Kivu y'Epfo.

Comments 1

  1. Mugunguza thith says:
    2 years ago

    Kobagisigiy’impyisi😭

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?