Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, zatangiye kuva k’ubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 6, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, zatangiye kuzinga ziva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, n’inyuma y’uko perezida Félix Tshisekedi atangaje ko igihe kigeza ngo ubutegetsi bwa Kinshasa bwicungira umutekano.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibi perezida Félix Tshisekedi yabisabiye mu Nama y’u muryango w’Abibumbye iheruka kubera i New York ahagana mu kwezi kwa Cyenda (9) uy’u mwaka w’2023.

Umukuru w’igihugu ca RDC yahise avuga ko mu byifuzo bye yifuza ko ziriya Ngabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO zatangira kuva k’ubutaka bwa RDC muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri (12) ariko turimo.

Yagize ati: “Ubutumwa bwa Monusco, bwo kugarura Amahoro n’umutekano muri RDC ntabwo bwigeze bugira icyo bugeraho, muriyi Imyaka 25 irangiye nta musaruro igihugu cyabonye, haba mu kurinda abaturage cangwa kwambura imitwe y’itwaje imbunda ntamusaruro wagezweho.”

Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko iciciro cya mbere cyaziriya Ngabo za MONUSCO koburiye Indege mw’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, tariki 04/12/2023. Nk’uko byavuzwe ziriya Ngabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO izafashe iyambere nizari i Butembo na Bunia ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Muri RDC habarizwa ibihumbi icumi nabitandatu, by’ingabo za MONUSCO bakaba bahamaze igihe kingana n’imyaka 25.

Monusco igera muri Congo Kinshasa, yasanze k’ubutaka bwa RDC hari imitwe y’inyeshamba mike ariko yarushijeho kwiyongera nk’uko icyegeranyo giheruka gushirwa hanze n’ubutegetsi bwa Kinshasa kivuga ko imitwe y’itwaje imbunda ibarizwa muri RDC kuri ubu irenga 216.

Gusa kuri uyu wa Gatatu, tariki 06/12/2023, haraterana inteko y’Akanama ka UN niyo iribwemeze ko ingabo za Monusco ziva k’ubutaka bwa Congo Kinshasa bose.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u muryango w'Abibumbye MONUSCO zatangiye kuva k'ubutaka bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Intambara iheruka kubera mu Rurambo, ngoyaba ar'iyo nyiribayazana w'impinduka zaraye zibaye mu Gisirikare muri Kivu y'Epfo.

Comments 1

  1. Mugunguza thith says:
    2 years ago

    Kobagisigiy’impyisi😭

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?