• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, zatangiye kuva k’ubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
December 6, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, zatangiye kuzinga ziva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, n’inyuma y’uko perezida Félix Tshisekedi atangaje ko igihe kigeza ngo ubutegetsi bwa Kinshasa bwicungira umutekano.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Ibi perezida Félix Tshisekedi yabisabiye mu Nama y’u muryango w’Abibumbye iheruka kubera i New York ahagana mu kwezi kwa Cyenda (9) uy’u mwaka w’2023.

Umukuru w’igihugu ca RDC yahise avuga ko mu byifuzo bye yifuza ko ziriya Ngabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO zatangira kuva k’ubutaka bwa RDC muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri (12) ariko turimo.

Yagize ati: “Ubutumwa bwa Monusco, bwo kugarura Amahoro n’umutekano muri RDC ntabwo bwigeze bugira icyo bugeraho, muriyi Imyaka 25 irangiye nta musaruro igihugu cyabonye, haba mu kurinda abaturage cangwa kwambura imitwe y’itwaje imbunda ntamusaruro wagezweho.”

Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko iciciro cya mbere cyaziriya Ngabo za MONUSCO koburiye Indege mw’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, tariki 04/12/2023. Nk’uko byavuzwe ziriya Ngabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO izafashe iyambere nizari i Butembo na Bunia ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Muri RDC habarizwa ibihumbi icumi nabitandatu, by’ingabo za MONUSCO bakaba bahamaze igihe kingana n’imyaka 25.

Monusco igera muri Congo Kinshasa, yasanze k’ubutaka bwa RDC hari imitwe y’inyeshamba mike ariko yarushijeho kwiyongera nk’uko icyegeranyo giheruka gushirwa hanze n’ubutegetsi bwa Kinshasa kivuga ko imitwe y’itwaje imbunda ibarizwa muri RDC kuri ubu irenga 216.

Gusa kuri uyu wa Gatatu, tariki 06/12/2023, haraterana inteko y’Akanama ka UN niyo iribwemeze ko ingabo za Monusco ziva k’ubutaka bwa Congo Kinshasa bose.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u muryango w'Abibumbye MONUSCO zatangiye kuva k'ubutaka bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Intambara iheruka kubera mu Rurambo, ngoyaba ar'iyo nyiribayazana w'impinduka zaraye zibaye mu Gisirikare muri Kivu y'Epfo.

Comments 1

  1. Mugunguza thith says:
    2 years ago

    Kobagisigiy’impyisi😭

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?