• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo z’u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 17, 2024
in World News
0
Ingabo z’u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni agace kitwa Mirangi, kari mu ntera y’ibirometre bike na village Lusuli kakaba kandi hafi na Localite Bilundule, niko M23 yafashe ku munsi w’ejo hashize nyuma y’uko hari habaye imirwano ikaze yahuzaga ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa n’izuwo mutwe wa M23.

Amasoko yacu avuga ko iyimirwano yabaye kuri uyu wa Kane yasize M23 y’igaruriye n’utundi duce two muri yi teritware ya Rutshuru nka Bulindi na Birundure ndetse n’utundi duce two muri teritware ya Masisi.

Nk’uko ay’amakuru akomeza avuga n’uko M23 urugamba yarwanye rwo gufata aka gace Gen Laurent Nkunda yavukiyemo rwasize ingabo zo mw’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zihapfiriye ari ninshi, ni mu gihe hagaragajwe na mashusho y’imirambo yabo aho yagiye inyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Laurent Nkunda wavukiye mu gace ka Mirangi, yavutse kuya 2/02/1967. Azwi mu gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuva ku ntambara yiswe iya AFDL.

Ni umwe mu basirikare ba Banyekongo bavuzwe cyane, ahanini ya vuzwe mu mutwe wa CNDP uwo yari anabereye umuyobozi mukuru. Uyu mutwe warwanyaga ubutegetsi bwa Kinshasa.

General Laurent Nkunda yahoze ari umusirikare wa leta ya Kinshasa, aho yanayoboye brigade ya 81 nyuma kandi aza kuyobora brigade ya 84.

Avuga icyongereza, igifaransa, i lingala, igiswahili ndetse n’ikinyarwanda.

        MCN.
Tags: Laurent Nkunda yavukiyemoM23 yabohoje agaceMirangiRutshuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Igisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, cyagize ibyo cyangiriza.

Igisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, cyagize ibyo cyangiriza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?