• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingaruka Zintambara Ya Ukraine, Yageze No Kw’ikipe Yumupira Wa Maguru Ya Chelsea.

minebwenews by minebwenews
May 3, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingaruka zintambara ya Ukraine, zageze no kw’ikipe yumupira wa maguru ya Chelsea.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 03.05.2023. Saa 7:55 pm kumasaha ya Kampla na Nairobi.

Igaruka zintambara yo muri Ukraine, sikubihugu zageze gusa ahubwo zageze nomw’ikipe yumupira wa maguru ya Chelsea, nyuma yuko u Burusiya bushoye intambara muri Ukraine, Abaherwe ba Barusiya bafatiwe imitungo, nimugihe harihasohotse itangazo ribisaba ry’ubumwe bw’Uburayi.

Mubafatiwe imitungo harimo na Roman Ibramovich, uvuka mugihugu cu Burusiya, akaba yarasanzwe ariwe muherwe wa Chelsea. Ibramovich, yageze muri Chelsea ahagana mumwaka wa 2003, aza gutandukana niyi Kipe ya Chelsea nyuma gato y’intambara ya Ukraine.

Iyi Kipe ya Chelsea, bwana Ibramovich yayiguze amafaranga angana na Million 122 za Amerika.

Mumakuru dukesha Sky Spot, avuga ko mumyaka
Ibramovich, yayobye i Kipe ya Chelsea yayihesheje ibikombe 18 bya Champions league.

Uyumugabo uvuka mu Burusiya, amaze kuva muri Chelsea, iyi Kipe yafashwe n’Umuherwe ba Amerika bwana Todd Boehly, gusa bivugwa ko amahirwe yose Chelsea yagiraga yahise ajana na Ibramovich.

Todd Boehly, nawe icyo yihutiye gukora bwambere yihutiye guhindura ubuyobozi bw’Ikipe bwose bwamubanjirije, harimo Uwitwa Peter Cech.

Todd, yakoze iyo bwakabaga ariko umusaruro urabura yatangiye kuyobora tariki 20.06.2022. mwirijoro ryakeye ryokwitariki 02.05.2023, Chelsea yatsinzwe ibitego bitatu itsinzwe na Arsenal.

Sky Spot, ikaba yatangaje ko kuva Todd Boehly, ayoboye Chelsea, mugihe kingana numwaka urenga Chelsea imaze gutsindwa imikino 14, ikanganya imikino icenda(9), naho imikino imaze gutsinda nimikino icumi(10).

Todd Boehly, amaze gusinyisha abakinyi benshi kandi bahenze murabo harimo umukinyi Enzo, yaravuye mwikipe ya Benefica, ariko umusaruro wakomeje kuba ingorabahizi.

kuva Chelsea imaze kugeramo Todd Boehly, amaze kwirukana Abatoza babiri(2), uwitwa Thomas Tochel na Graham Potter.

Umutoza Chelsea ifite kurinone ni Frank lampard, yayigezemo tariki 06.04.2023.

Bivugwa ko Mumakuru dukesha Sky Spot, nuko Todd Boehly, ashobora kugarura Jose Mourinho, usanzwe atoza Roma, cangwa agafata Mouricio Pochettino, udafite akazi.

Gusa ayamahirwe afata cane Jose Mourinho, wigezeho gutoza Chelsea mumyaka yashize nkuko bivugwa na Sky Spot.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Community Confrontations In DRcongo Accelerates. Four Dead in Kisangani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?