Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Inka nke, z’Abanyamulenge zasigaye zitanyazwe na Maï Maï mu Bibogobogo, zitanga umukamo Abanyamulenge bakamwa bagahaga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 16, 2024
in Religion
0
Inka nke, z’Abanyamulenge zasigaye zitanyazwe na Maï Maï mu Bibogobogo, zitanga umukamo Abanyamulenge bakamwa bagahaga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyabibogobogo barashimira umuremyi wabo, kuba kuri ubu bafite amata menshi.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Ni ubutumwa bwatanzwe mo amashyusho na mashimwe bamwe mu baturage baturiye Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo bageneye Abanyamulenge batataniye mu bihugu by’Amahanga.

Ubu butumwa bari fuza ko buca mwitangaza makuru mu rwego rwo kugira “bakumbuze” Abanyamulenge baherereye mu bihugu nka Uganda, Rwanda, Kenya , Amerika, Canada n’ahandi.

Abenshi mu Banyamulenge bavuye mu gihugu cyabo kubera intarambara bahuye nazo bazishoweho na Maï Maï ku bufasha bw’Igisirikare cya FARDC na FDLR.

Ubutumwa bwagenewe Abanyamulenge bugira buti: “Dusigaje Inka nke, izindi zanyazwe na Maï Maï. Ariko igitangaza Imana yakoze, Inka nke, zihari ziri mu gukamwa amata atarigeze abaho n’ikindi gihe. Abantu bose baramwa bagahaga.”

Ubutumwa bukomeza bugira buti: “Ari utakigira Inka cyangwa uwasigaje imwe, bose barakamishya.”

Amashyusho mubona naho ibiraro biherereye ku musozi ufata mu Rurimba ahaheruka kongera kubakwa n’Abanyamulenge banze ko Imulenge haba amatongo.

Witegereje imisozi ubona ko ubwatsi bw’inka buhari kandi bwiza.

Gusa ubu umuyaga wiheshyi usa nutagiye guhuha, bisa nkaho wenda kuzana ici, nk’uko ubwo butumwa bukomeza buvuga.

Hagati aho mu Bibogobogo ubu hari agahenge ka mahoro, nyuma y’intambara zayogoje akarere ki misozi miremire y’Imulenge.

     MCN.
Tags: AbanyamulengeBaramwa bagahagaBibogobogoGukumbuzaUbutumwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post

Abanyamulenge bigeze gutabarwa n'Ingabo zahoze ari za AFDL zari zishigikiwe n'ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame w'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?