Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Inka nke, z’Abanyamulenge zasigaye zitanyazwe na Maï Maï mu Bibogobogo, zitanga umukamo Abanyamulenge bakamwa bagahaga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 16, 2024
in Religion
0
Inka nke, z’Abanyamulenge zasigaye zitanyazwe na Maï Maï mu Bibogobogo, zitanga umukamo Abanyamulenge bakamwa bagahaga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyabibogobogo barashimira umuremyi wabo, kuba kuri ubu bafite amata menshi.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni ubutumwa bwatanzwe mo amashyusho na mashimwe bamwe mu baturage baturiye Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo bageneye Abanyamulenge batataniye mu bihugu by’Amahanga.

Ubu butumwa bari fuza ko buca mwitangaza makuru mu rwego rwo kugira “bakumbuze” Abanyamulenge baherereye mu bihugu nka Uganda, Rwanda, Kenya , Amerika, Canada n’ahandi.

Abenshi mu Banyamulenge bavuye mu gihugu cyabo kubera intarambara bahuye nazo bazishoweho na Maï Maï ku bufasha bw’Igisirikare cya FARDC na FDLR.

Ubutumwa bwagenewe Abanyamulenge bugira buti: “Dusigaje Inka nke, izindi zanyazwe na Maï Maï. Ariko igitangaza Imana yakoze, Inka nke, zihari ziri mu gukamwa amata atarigeze abaho n’ikindi gihe. Abantu bose baramwa bagahaga.”

Ubutumwa bukomeza bugira buti: “Ari utakigira Inka cyangwa uwasigaje imwe, bose barakamishya.”

Amashyusho mubona naho ibiraro biherereye ku musozi ufata mu Rurimba ahaheruka kongera kubakwa n’Abanyamulenge banze ko Imulenge haba amatongo.

Witegereje imisozi ubona ko ubwatsi bw’inka buhari kandi bwiza.

Gusa ubu umuyaga wiheshyi usa nutagiye guhuha, bisa nkaho wenda kuzana ici, nk’uko ubwo butumwa bukomeza buvuga.

Hagati aho mu Bibogobogo ubu hari agahenge ka mahoro, nyuma y’intambara zayogoje akarere ki misozi miremire y’Imulenge.

     MCN.
Tags: AbanyamulengeBaramwa bagahagaBibogobogoGukumbuzaUbutumwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post

Abanyamulenge bigeze gutabarwa n'Ingabo zahoze ari za AFDL zari zishigikiwe n'ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame w'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?