Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inka, z’Abanyamulenge bo mu Chohagati Chaza Rwerera, zibwe, nyuma batakira ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri TAFOC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Inka, z’Abanyamulenge bo mu Chohagati Chaza Rwerera, zibwe, nyuma batakira ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri TAFOC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inka, z’Abanyamulenge baturiye i Chohagati ya za Rwerera, zibwe, nyuma batakira ingabo z’u Burundi, z’ibarizwa mu itsinda rya TAFOC mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kugira bagire icyo bakora.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

N’i nka z’umugabo w’itwa Ngurube wo kwa Byinshi, zibwe mu ijoro ryo ku wa Mbere rishira kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 26/03/2024, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye utwo duce.

Bavuze ko Inka zibwe zari ziri mu Biraro biri ku Kabara, ha herereye mu Chohagati Chaza Rwerera, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Minembwe Capital News yabwiwe ko hibwe Inka icumi na zitanu(15), abazibye bakaba berekeje inzira ya Gipupu ho muri Mibunda ahasanzwe hazwi ko haba Ababembe benshi.

Nyuma y’uko Inka zari zimaze kwibwa Abanyamulenge bagiye gutakira ingabo za FARDC n’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa ku butaka bwo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Iy’i nkuru ivuga ko bamwe muri abo banyiri Inka ko bagiye gutakira ingabo za FARDC ziri mu Bijombo abandi bagana mu Mikarati ahari Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu itsinda rya TAFOC.

Amakuru akomeza avuga ko kugeza ubu nta butabazi buraboneka kugira ngo hagire icyakorwa Inka zigaruke.

Inka z’Abanyamulenge zongeye kunyagwa mu gihe hari haheruka imishikirano yahuje Abanyamulenge, Abapfulero abanyindu ndetse n’Ababembe. yari imishikirano igamije kugarura umubano hagati y’aya moko.

Muri iyo mishyikirano kandi bigiye hamwe icyakorwa kugira amoko yose yongere kubaka aka karere ko Muchohagati, n’inyuma y’intambara zari zaragasenye.

               MCN.
Tags: GipupuIngabo z'u BurundiInka z'Abanyamulenge zibweKabaraMuchohagati Chaza RwereraTAFOC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’imiryango itandukanye kuri leta.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, habereye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw'Ingabo n'imiryango itandukanye kuri leta.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?