• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Inka zisaga ijana z’Abanyamulenge n’izo Ingabo za Congo zanyaze.

minebwenews by minebwenews
April 12, 2025
in Conflict & Security
0
Inka zisaga ijana z’Abanyamulenge n’izo Ingabo za Congo zanyaze.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inka zisaga ijana z’Abanyamulenge n’izo Ingabo za Congo zanyaze.

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Inka zirenga 100 z’Abanyamulenge n’izo ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zanyaze mu nkengero za centre ya Minembwe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 12/04/2025, ni bwo FARDC, FDLR, FDNB na Wazalendo bagabye igitero mu Gahwela ahari ibiraro by’inka barazinyaga.

Gahwela iherereye mu mu birometero bibarirwa mu 10 uvuye muri centre ya Minembwe.

Amakuru avuga ko iri huriro igitero zagabye zikinyagamo ziriya nka, zakigabye ziturutse mu bice byo muri secteur y’i Lelenge muri teritware ya Fizi.

Umwe mu Banyamulenge uherereye muri ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News ko atari Inka zonyine zanyazwe, hubwo ko hanyazwe n’ibitungwa(intama n’ihene).

Yagize ati: “Gahwela hanyazwe Inka zisaga ijana n’ibitungwa byinshi.”

Nyuma yuko ririya huriro rinyaze Inka n’ibitungwa byinshi, ahagana mu gitondo cya kare ryongeye kandi rigaba ibitero mu duce twa Rugezi.

Ni ibitero amakuru avuga ko byagabwe i Nyangabyuma no mu tundi duce duherereye muri ibyo bice.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Twirwaneho na M23 nibwo byafashe igice cya Rugezi cyose, nyuma y’imirwano ikomeye yabasakiranyije n’iri huriro ry’ingabo za Congo.

Bigasiga iyi mitwe yombi uwa M23 n’uwa Twirwaneho bifashe iki gice kizwiho kuba gifite ubutaka bukungahaye cyane ku mabuye y’agaciro ahanini yo mu bwoko bwa or Coltan, Cuivre n’andi.

Bizwi ko iki gice cya Rugezi kuva mu mwaka wa 2020, cyari cyarahinduwe indiri ya FDLR na Wazalendo, aho bahabwaga ubufasha n’ingabo za Leta.

Rugezi kuba yarabayemo igihe kirekire n’aba barwanyi bo muri Wazalendo na FDLR, bari barayihinzemo; ubundi kandi bayicukuragamo amabuye y’agaciro. Sibyo gusa kuko kandi bivugwa ko ari cyo gice kirinze i Milimba ahazwi nk’ahatuwe n’Abapfulero benshi.

Biri mu bituma iri huriro ry’ingabo za Congo ridaheba iki gice. Ni muri urwo rwego rikomeza ku kigabamo ibitero. Kuko kuva Twirwaneho na M23 bahigarurira bagabweho ibitero n’iri huriro inshuro zibiri icyo bagabye uyu munsi ni ku nshuro ya gatatu.

Ariko nyamara nu bwo iri huriro rigaba ibyo bitero ryivuye inyuma, ntibibuza ko M23 na Twirwaneho babisubiza inyuma, ndetse n’uyu munsi byasubijwe inyuma.

Tags: FardcGahwelaInkaRugezizanyazwe
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
Inka zisaga ijana z’Abanyamulenge n’izo Ingabo za Congo zanyaze.

Over 100 Cattle Stolen in Gahwela Attack by Congolese Armed Coalition Near Minembwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?