• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Inkongi y’umuriro idasanzwe yatwitse amazu ku Ndondo mu misozi y’Imulenge.

minebwenews by minebwenews
September 17, 2024
in World News
0
Inkongi y’umuriro idasanzwe yatwitse amazu ku Ndondo mu misozi y’Imulenge.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inkongi y’umuriro idasanzwe yatwitse amazu ku Ndondo mu misozi y’Imulenge.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Umwe mu mihana igize i Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amazu yawo yafashwe n’inkongi y’umuriro arasha ara kongoka, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni umuhana wahitwa kwa Rumamfura aha akaba ari muri Localité ya Kajembwe, haherereye mu birometero nka 10 uvuye muri centre ya Bijombo.

Aya makuru avuga ko ‘ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17/09/2024, nibwo inkongi y’umuriro yadutse muri uyu muhana maze itwika amazu.

Biranavugwa ko abantu bo muri uyu muhana bagerageje ku wu zimya ariko biranga amwe mu mazu agize uwo muhana arashya, nubwo hari ayabashye kurokogwa n’aba bazimishaga amazi n’ibizinzo.

Minembwe Capital News yamenye ko amazu yahiye arakongo ari atanu.

Ikindi yamenye n’uko iyi nkongi y’umuriro yavuye ku bari batwitse ibisambu(mu bihuru) biherereye muri ibyo bice.

Ni mu gihe muri iki gihe ku Ndondo ya Bijombo ho mu misozi miremire y’Imulenge hari icyi ryinshi ndetse kandi rivanze n’umuyaga.

Nk’uko twabibwiwe amazu yahiye na yarasakaje ibyatsi(inzu za nyakatsi).

Ibi bibaye mu gihe muri ibi bice byo ku Ndondo ya Bijombo hari amahoro n’umutekano, nyuma y’uko ingabo za FARDC zabanje ku kanyuzaho, ahanini zanyagaga abaturage, gusahura imirima yabo nde no guhohotera abasore bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ubu siko byari bikimeze kuko hari hatuje.

        MCN.
Tags: Inkongi y'umuriroKu ndondoKwa Rumamfura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru arambuye y’abarwanyi ba CODECO bishe abasivile muri Ituri.

Havuzwe amakuru arambuye y'abarwanyi ba CODECO bishe abasivile muri Ituri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?