Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Inkongi y’umuriro yangirije byinshi inica n’abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 10, 2024
in World News
0
Inkongi y’umuriro yangirije byinshi inica n’abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inkongi y’umuriro yangirije byinshi inica n’abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ahagana isaha z’u mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 09/07/2024, mu bice byo muri Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hadutse inkongi y’umuriro itwika amazu menshi yica n’umwana uri mu kigero cy’imyaka itatu y’amavuko, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Ay’amakuru avuga ko uwo muriro wadutse isaha z’akagoroba kajoro ko kuri uyu wa Kabiri, wadukira ahitwa Mulumbula ho muri Komine ya Bagira iherereye mu mujyi wa Bukavu.

Gusa kugeza ubu ntakiramenyekana cy’aba cyarateye iyo nkongi y’umuriro, kimweho, ibi ntibibaye ubwa mbere kuko bikunze kuba inshuro nyinshi, kandi bikabera i Bukavu ndetse n’ahandi mu bindi bice byo muri iki gihugu.

Amakuru akomeza avuga ko iyi nkongi y’umuriro yatwitse amazu agera ku icumi, ndetse ashobora no kurenga nk’uko iy’inkuru ibivuga.

Ay’amakuru kandi anavuga ko ubutabazi bwaje ariko busanga kera amazi yarenze inkombe, ariko ko n’ubundi muri RDC ubutabazi bwaho mu kibazo cy’u muriro buboneka gake.

Amashusho yashizwe hanze agaragaza amazu yo muri Quartier Mulumbula agurumana, ndetse ikirere cyose cyaho cyahindutse umutuku.

Ibindi uwo muriro wangirije harimo ko wahitanye umwana uri mu kigero cy’imyaka itatu y’amavuko.

Kugeza ubu ntacyo leta iratangaza ku bufasha yaha abagizweho n’ingaruka z’iyo nkongi y’umuriro.

          MCN.
Tags: BukavuInkongi y'umuriroYatwitse amazu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Amafaranga u Bwongereza bwatanze ku Rwanda muri gahunda y’abimukira ntibuzayasubizwa, menya impamvu.

Amafaranga u Bwongereza bwatanze ku Rwanda muri gahunda y'abimukira ntibuzayasubizwa, menya impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?