
Hagaragaye iphoto Ingabo z’Uburundi zirimo gutoragura ibiti byinterano byabaturage muri Minembwe.
Abasirikare bab’Abarundi bakaba bamaze iminsi 26, bari muri Minembwe, nimugihe bivugwa ko bageze muri Minembwe gufasha Fardc guhangana n’a Baturage b’Irwanaho nyuma y’intambara yokwitariki 29.12.2023, ubwo Fardc n’a FDLR bagaba ga ibitero mumihana yabaturage b’Irwanaho iy’intambara ikaza gutuma FARDC n’a FDLR batsindwa byatumye ingabo za FDNB zirimubutumwa bwa EAC zihamagazwa gutabara FARDC.
Izi ngabo z’Uburundi kugira bacane umuriro bari mugukoresha ingufu bakongoza inkwi mubaturage ba Kiziba ndetse nomunkengero zayo, igihe badakongoje inkwi bagatema ibiti byabaturage by’interano bita Inturusu nibindi bakunze gutera hafi namazu, ibi abaturage bakomeje kubyinubira ndetse bagasaba ko iki gikorwa cogutsinda ibiti byabo bikozwe ningabo za FDNB bigomba guhagarara.
Umwe yagize ati : “Nigute ingabo zirimubutumwa bwamahoro zabura inkwi Kugeza aho binjira mumazu yabaturage gukongoza inkwi kumbaraga ndetse bakaba bari nogutsinda ibiti twitereye biturinda umuyaga!! “.