Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Intambara igeze muri Village ya Kizimba, naho ku W’itabi, M23 yamaze kuhigarurira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri izi saha z’igicamunsi cokuri uyu wa Mungu(Ku Cyumweru), tariki 15/10/2023, intambara iri guhuza M23 n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ishigikiwe n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo FARDC irimo kubera muri Village ya Kizimba muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Iyi mirwano byavuzwe ko yatangiye igihe cisaha z’urukerera rwokuri uyu wa Mungu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira yizewe, nuko M23 imaze gufata agace ko Kuwitabi naho mu Bwiza izi Ngabo za FARDC n’abambari babo bamaze gukizwa n’amaguru nkuko ayamakuru twayahawe n’abaturage baturiye ibyo bice.

Iyi mirwano amakuru avuga ko ingabo za RDC na Wazalendo ndetse na FDLR kwaribo batangije iyi mirwano aho byanemejwe na perezida w’umutwe wa M23, bwana Bertrand Bisimwa, aho yagize ati: “Nyuma yo gutsindwa bagahunga ejo, FARDC/FDLR basubukuye ibitero byabo mu gace ka Bwiza mu gitondo saa saba, barasa cyane ku nkambi y’abahunze. Iyi gahunda y’ingabo z’abagizi ba nabi irimo kwica abaturage biturije ntikwiye.”

Bisimwa yakomeje avuga ko umutwe wa M23 urakoresha imbaraga ufite mu kurinda abaturage.

Ati: “M23, yahawe ibwiriza ryo kurinda abaturage b’inzirakarengane n’imitungo yabo, ikoresheje uburyo bwose ifite. Leta ya Kinshasa izirengera ingaruka z’ibyifuzo byayo n’intambara yarutishije iby’ibiganiro.”

Aya makuru yanemejwe n’Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma, wagize ati: “Hagamijwe kurema ikibazo kinini gikeneye ubutabazi n’umwuka w’ubwoba, Leta yagabye ibice bituwe cyane n’abahungiye imbere mu gihugu bashaka amahoro mu bice bigenzurwa na M23 muri Bwiza.”

Ibitero by’uruhande rwa Leta ya RDC byaherukaga muri Bwiza mu ijoro ryo kw’itariki 13/10/2023.

Gusa ayamakuru akomeza avuga ko FARDC n’abafatanya bikorwa babo kobamaze guhunga mu Bwiza ndetse no ku W’itabi, maze irahigarurira.

By Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

M23 yamaze gufata u Mujyi wa Kitchanga, naho imirwano yakomereje muri Mubugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?