• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intambara ikomeje guca ibintu mu Ntara ya Gaza, hagati ya IDF n’umutwe wa Hamas.

minebwenews by minebwenews
July 18, 2024
in Regional Politics
0
Intambara ikomeje guca ibintu mu Ntara ya Gaza, hagati ya IDF n’umutwe wa Hamas.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara ikomeje guca ibintu mu Ntara ya Gaza, hagati ya IDF n’umutwe wa Hamas.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni intambara ikomeje kwangiza byinshi birimo n’inyubako. Amakuru avuga ko kimwe cya kabiri cy’inyubako ziri muri Gaza zamaze kwangirika ku buryo bidashoboka ko zakongera kuzakoreshwa n’igihe amahoro yagarutse.

Izi nyubako zose zasenywe n’ibisasu byarutura by’Igisirikare cya Israel aho gikomeje guhangana n’umutwe wa Hamas ucyumbikiwe mu bice byo muri iyi Ntara ya Gaza.

Nk’uko bisobanurwa nuko kugira ngo ibisigazwa by’inyubako zasenywe bikurwe muri Gaza, bisaba kuba hakoreshwa amakamyo arenga ijana manini akora burimunsi, kandi akazakora imyaka byibuze 15, kugira ngo abe arangije gutwara toni miliyoni 40 z’ibisigazwa by’inyubako biri muri Gaza.

Icyobo kiri kuri hegitari zerenga 500 cyaba gikenewe kugira ngo cyakire ibyo bisigazwa byose, mu gihe hafi miliyoni 600$ ari yo mafaranga yakoreshwa mu gukuraho ibyo bisigazwa gusa, hatabazwe ikindi kiguzi icyo ari cyo cyose.

Igiteye agahinda kandi, ni
uko raporo ya LONI yasanze iyi ntambara yarasubuje inyuma ubuzima bw’abatuye Gaza ku buryo imyaka irenga 40 y’iterambere yangijwe, ibi bivuze ko ubu babayeho nk’uko ubuzima bwari bumeze mu myaka ya 1980.

Ibi bikorwa byose byatumye hari bamwe batangira kuvuga ko ibikorwa bya Israel muri Gaza bigize icyaha cya genocide, ibirego iki gihugu cyamaganye cyivuye inyuma.

Si inyubako gusa iyi ntambara yangije kuko imaze no kugwamo abantu benshi, abashinzwe ubuzima bavuga ko imaze gupfiramo abantu ibihumbi 37, ndetse ngo barenga.

            MCN.
Tags: HamasIDFIntambara iri guca ibintu muri GazaInyubakoZasenyutse
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zongereye iminsi ya gahenge, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika zongereye iminsi ya gahenge, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?