Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intambara ikomeje guca ibintu mu Ntara ya Gaza, hagati ya IDF n’umutwe wa Hamas.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 18, 2024
in Regional Politics
0
Intambara ikomeje guca ibintu mu Ntara ya Gaza, hagati ya IDF n’umutwe wa Hamas.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara ikomeje guca ibintu mu Ntara ya Gaza, hagati ya IDF n’umutwe wa Hamas.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni intambara ikomeje kwangiza byinshi birimo n’inyubako. Amakuru avuga ko kimwe cya kabiri cy’inyubako ziri muri Gaza zamaze kwangirika ku buryo bidashoboka ko zakongera kuzakoreshwa n’igihe amahoro yagarutse.

Izi nyubako zose zasenywe n’ibisasu byarutura by’Igisirikare cya Israel aho gikomeje guhangana n’umutwe wa Hamas ucyumbikiwe mu bice byo muri iyi Ntara ya Gaza.

Nk’uko bisobanurwa nuko kugira ngo ibisigazwa by’inyubako zasenywe bikurwe muri Gaza, bisaba kuba hakoreshwa amakamyo arenga ijana manini akora burimunsi, kandi akazakora imyaka byibuze 15, kugira ngo abe arangije gutwara toni miliyoni 40 z’ibisigazwa by’inyubako biri muri Gaza.

Icyobo kiri kuri hegitari zerenga 500 cyaba gikenewe kugira ngo cyakire ibyo bisigazwa byose, mu gihe hafi miliyoni 600$ ari yo mafaranga yakoreshwa mu gukuraho ibyo bisigazwa gusa, hatabazwe ikindi kiguzi icyo ari cyo cyose.

Igiteye agahinda kandi, ni
uko raporo ya LONI yasanze iyi ntambara yarasubuje inyuma ubuzima bw’abatuye Gaza ku buryo imyaka irenga 40 y’iterambere yangijwe, ibi bivuze ko ubu babayeho nk’uko ubuzima bwari bumeze mu myaka ya 1980.

Ibi bikorwa byose byatumye hari bamwe batangira kuvuga ko ibikorwa bya Israel muri Gaza bigize icyaha cya genocide, ibirego iki gihugu cyamaganye cyivuye inyuma.

Si inyubako gusa iyi ntambara yangije kuko imaze no kugwamo abantu benshi, abashinzwe ubuzima bavuga ko imaze gupfiramo abantu ibihumbi 37, ndetse ngo barenga.

            MCN.
Tags: HamasIDFIntambara iri guca ibintu muri GazaInyubakoZasenyutse
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zongereye iminsi ya gahenge, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika zongereye iminsi ya gahenge, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?