Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 22, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

You might also like

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

Abashinwa bavumbuye ikorana buhanga rikaze rishobora gukoreshwa nk’intwaro.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zarashe kuri Iran bwa mbere mu gitero gikaze zayigabyeho zirasa ahantu hatandukanye ku bigo bya gisirikare by’iki gihugu cya Iran.

Iki gitero cya Amerika yagabye kuri Iran kuri iki cyumweru tariki ya 22/06/2025, gishobora guhindura imiterere y’iyi ntambara ihanganishije Israel na Iran.

Abategetsi barimo perezida w’u Burusiya watangaje ko ibyo Leta Zunze ubumwe z’Amerika zikoze biri kwihutisha gusatira intambara ya gatatu y’isi. Mu gihe abandi bagenzi be bo bamaganye Amerika yakoze icyo gitero.

U Bushinwa bwo buvuga ko kuba Amerika yarashe Iran byatuma n’ibindi bihugu bikomeye byarwana ku ruhande rwa Iran.

Iran yo yavuze ko ibitero bya leta Zunze ubumwe z’Amerika ku nganda zayo za nucléaire bitagize kinini byangiza.

Nyuma yabwo, Iran yahise igaba ibitero kuri Israel mu mijyi irimo uwa Tel Aviv na Aifa.

Iran yanaboneyeho kumenyesha ko yakoresheje ibisasu byayo byo mu bwoko bwa Kheibar Shekan. Ibi bikaba biri mu bikomeye iki gihugu gitunze, kandi iki gitero Iran yakoze kuri Israel ni cyubugira icya 20.

Ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi nk’u Bwongereza, byagaragaje gushyigikira igitero Amerika yakoze kuri Iran.

Iran yari yatangaje mbere ko mu gihe Amerika yo kwibeshya igashyigikira Israel, muri icyo gihe izahita igaba ibitero ku bikorwa remezo byayo, kandi itangaza ko ibifitiye ubushobozi ngo kuko iba iri kurengera ubusugire bw’igihugu cyabo.

Hari ababona ko Israel yatsinze bidasubirwaho Iran. Ku wa gatatu Israel yiriwe irasa ahantu hatandukanye ho muri Iran, harimo ahitwa i Basiji. Mbere na bwo yari yarashe ku bitaro ahitwa Kermanshah.

Ikindi ni uko Iran itasubije nk’uko yahoraga isubiza. Kandi yari yatangaje ko iri buze guha isomo Israel.

Kimweho Iran yaje gusubiza bukeye bwaho ku wa kane, ni bwo yarashe ku bitaro bya Soroko biri i Beer Sheva, bikaba byari byegeranye n’ibiro bikuru by’urwego rw’ubutasi rwa Israel, bizwi nka Mossad.

Israel hari kindi gitero yongeye kugaba kuri Iran cyikorana buhanga, giteza imivurungano mu mabanki yayo, bituma abenshi bayabikijemo babura amafaranga yabo.

Tags: AmerikaIbiteroImiterere y'intambaraIsraelIsura
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yari yasabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika ibintu bibiri,...

Read moreDetails

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi. Perezida w'u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko Ukraine n'u Burusiya ko ari igihugu kimwe, kandi ko bidashobora gutandukanywa. Ni amagambo yatangaje ubwo...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye ikorana buhanga rikaze rishobora gukoreshwa nk’intwaro.

by Bruce Bahanda
June 20, 2025
0
Auto Draft

Abashinwa bavumbuye ikorana buhanga rikaze rishobora gukoreshwa nk'intwaro. Igihugu cy'u Bushinwa cyavumbuye ikorana buhanga rishya bwakwifashisha nk'intwaro yabangamira indege z'ibindi bihugu bibanye na bwo nka mu keba. Amakuru...

Read moreDetails

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

by Bruce Bahanda
June 20, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran. Abategetsi bo mu bihugu bitandukanye basabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika kutinjira mu ntambara...

Read moreDetails

Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y’impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran.

by Bruce Bahanda
June 20, 2025
0
Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y’impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran.

Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y'impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran. Yaba uruhande rwa Israel cyangwa urwa Iran, buri rumwe rugenda rurushaho gutera urwabo ubwoba,...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?