• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

minebwenews by minebwenews
June 22, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zarashe kuri Iran bwa mbere mu gitero gikaze zayigabyeho zirasa ahantu hatandukanye ku bigo bya gisirikare by’iki gihugu cya Iran.

Iki gitero cya Amerika yagabye kuri Iran kuri iki cyumweru tariki ya 22/06/2025, gishobora guhindura imiterere y’iyi ntambara ihanganishije Israel na Iran.

Abategetsi barimo perezida w’u Burusiya watangaje ko ibyo Leta Zunze ubumwe z’Amerika zikoze biri kwihutisha gusatira intambara ya gatatu y’isi. Mu gihe abandi bagenzi be bo bamaganye Amerika yakoze icyo gitero.

U Bushinwa bwo buvuga ko kuba Amerika yarashe Iran byatuma n’ibindi bihugu bikomeye byarwana ku ruhande rwa Iran.

Iran yo yavuze ko ibitero bya leta Zunze ubumwe z’Amerika ku nganda zayo za nucléaire bitagize kinini byangiza.

Nyuma yabwo, Iran yahise igaba ibitero kuri Israel mu mijyi irimo uwa Tel Aviv na Aifa.

Iran yanaboneyeho kumenyesha ko yakoresheje ibisasu byayo byo mu bwoko bwa Kheibar Shekan. Ibi bikaba biri mu bikomeye iki gihugu gitunze, kandi iki gitero Iran yakoze kuri Israel ni cyubugira icya 20.

Ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi nk’u Bwongereza, byagaragaje gushyigikira igitero Amerika yakoze kuri Iran.

Iran yari yatangaje mbere ko mu gihe Amerika yo kwibeshya igashyigikira Israel, muri icyo gihe izahita igaba ibitero ku bikorwa remezo byayo, kandi itangaza ko ibifitiye ubushobozi ngo kuko iba iri kurengera ubusugire bw’igihugu cyabo.

Hari ababona ko Israel yatsinze bidasubirwaho Iran. Ku wa gatatu Israel yiriwe irasa ahantu hatandukanye ho muri Iran, harimo ahitwa i Basiji. Mbere na bwo yari yarashe ku bitaro ahitwa Kermanshah.

Ikindi ni uko Iran itasubije nk’uko yahoraga isubiza. Kandi yari yatangaje ko iri buze guha isomo Israel.

Kimweho Iran yaje gusubiza bukeye bwaho ku wa kane, ni bwo yarashe ku bitaro bya Soroko biri i Beer Sheva, bikaba byari byegeranye n’ibiro bikuru by’urwego rw’ubutasi rwa Israel, bizwi nka Mossad.

Israel hari kindi gitero yongeye kugaba kuri Iran cyikorana buhanga, giteza imivurungano mu mabanki yayo, bituma abenshi bayabikijemo babura amafaranga yabo.

Tags: AmerikaIbiteroImiterere y'intambaraIsraelIsura
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?