• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

minebwenews by minebwenews
August 3, 2025
in World News
0
Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Intambara y’amagambo hagati ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika n’u Burusiya, yongeye gufata indi ntera, ni mu gihe perezida Donald Trump yanatumije intwaro za kirimbuzi ku Burusiya.

Mu itangazo rya Amerika yashyize hanze, rivuga ko perezida Trump yategetse ko bimura ubwato bubiri bwa kirimbuzi bugashyirwa ahantu hihariye, bitewe n’amagambo yise ashotorana kandi ateje umutekano muke, yavuzwe na Dmitry Medvedev, wabaye perezida w’u Burusiya, ubu akaba ari visi perezida w’inama y’umutekano y’u Burusiya.

Trump yavuze ko amagambo nk’ayo ashobora gutuma ibintu birenga urugero, nk’uko yabitangaje ku rubuga rwa Truth.

Yagize ati: “Dushingiye ku magambo ashotora kandi yuzuyemo ubushotoranyi yavuzwe n’uwahoze ari perezida w’u Burusiya, bwana Dmitry Medvedev, ubu akaba ari visi perezida w’inama y’umutekano y’u Burusiya, nategetse ko hashirwa ubwato bubiri bwa kirimbuzi mu turere dukwiriye, mu gihe ayo magambo y’ubusazi yaba atari amagambo gusa.”

Yongeye ati: “Ndashaka kwibutsa ko amagambo afite uburemere bukomeye, kandi kenshi ashobora guteza ingaruka zikomeye zitateganyijwe. Nizeye ko ibi bitazaba bimwe muri ibyo bihe bibi.”

Yakomeje agira ati: “Murakoze cyane ku bw’igihe cyanyu no ku bwo kumva icyo nshaka kuvuga.”

Ibi byateye impaka n’impungenge mu mpunguke ku mutekano mpuzamahanga, bamwe bavuga ko ibi bishobora kongera umwuka w’intambara hagati y’ibi bihugu bikomeye ku isi. Ariko kandi hari n’abakora ibi nk’uburyo bwo kwerekana ko Amerika ikomeje kwitegura ku rwego rwa gisirikare igihe cyose bibaye ngombwa.

Tags: AmerikaIntambara y'amagamboU Burusiya
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Matata Mponyo wari waraburiwe irengero byamenyekanye aho ari.

Matata Mponyo wari waraburiwe irengero byamenyekanye aho ari.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?