• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Inteko ishinga mategeko y’umuryango wa EAC yatangaje ko itakwivanga mu bibazo bya Kinshasa na Kigali.

minebwenews by minebwenews
November 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U mukuru w’Inteko ishinga amategeko y’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EALA), Ntakirutimana Joseph, yatangaje ko we na bagenzi be badashobora kwivanga mu bibazo by’umutekano biri ku rwego rwa Kinshasa na Kigali.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ibi yabivuze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 27/11/2023 mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, ubwo yabazwaga ku mwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demokorasi ya Congo, watumye abadepite b’Abanyekongo banga kuza i Kigali kuhakorera imirimo ya EALA.

Ntakirutimana yagize ati: “Icyo wamenya ni uko twebwe, inteko ishinga amategeko ya EALA, mu byo badusabye gukora byanditse mu mategeko atugenga, twebwe abashingamategeko ntitwivanga mu bibazo by’umutekano nk’ibyo, cyane cyane iyo abakuru b’ibihugu barimo barabishakira ibisubizo. Twebwe aho turi hose, dukora nk’umuntu umwe, tukumvikana. Abashingamategeko bo muri Congo dusangira ibikorwa, ahantu bidashobotse ni ibi dukoreye i Kigali mu Rwanda.”

Yasobanuye ko Abanyekongo bamenyesheje iyi nteko ko batazazaja i Kigali ariko ko bazitabira iyi mirimo bifashishije ikoranabuhanga rihuza amashusho.

Ati: “Ahandi hose dutegurira ibikorwa mu bindi bihugu bigize EAC bazabyitaba.”

Ntakirutimana yasobanuriye abanyamakuru ko ku Isi hose bisanzwe ko ibihugu bituranye bigirana ibibazo nk’ibi, icyakoze ko abashingamategeko bagize EALA bifuza ko byabonerwa ibisubizo, bikarangira.

Ati: “Ibibazo nk’ibi mu bihugu bituranye bikunze kubaho. Si muri aka karere gusa. Mu gihe uwo muti utaraboneka, icyo twifuza ni uko igisubizo cy’ibi bibazo cyaboneka kare.”

Yakomeje avuga ko nta muntu wakwifuza ko ingaruka z’intambara iri kubera muri RDC zikomeza.

Ati: “Twese mu muryango nta muntu wishimiye kubona ahantu hari intambara, hari ingorane, abantu barahunga, inzara igatera, bagahungira mu bihugu by’abaturanyi. Twizeye ko iki kibazo cya RDC n’u Rwanda ejo mu gitondo kizaba cyarangiye, bigasubira kuba nka mbere kandi babirimo, hari abari kubikurikirana.”

Ibibazo bya RDC n’u Rwanda bishingiye ku mutwe witwaje imbunda wa M23 wubuye imirwano mu mpera z’u mwaka w’ 2021 na FDLR imaze imyaka irenga 20 ikorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo.

Kinshasa ishinja Kigali gufasha u mutwe wa M23 ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa RDC gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ukoze amahano mu Rwanda ahagana mu mwaka w’1994.

Bruce Bahanda.

Tags: Inteko ishinga mategeko y'umuryango wa EAC yatangaje ko itakwivanga mu bibazo bya Kinshasa na Kigali
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abaturage bo muri Grupema ya ka Kamba, barashinja ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo ku nanirwa kugarura umutekano muribyo bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?