Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inteko Nshinga mategeko y’u Bwongereza yemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Inteko Nshinga mategeko y’u Bwongereza yemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Bwongereza yemeje kohereza Abimukira mu Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Rishi Sunak, k’u wa Gatatu, tariki ya 17/01/2024, yakoranije i Nama ya bagize Intako Nshinga mategeko y’u Bwongereza maze abasaba kwemeza cyangwa bagahakana ko hereza Abimukira mu Rwanda.

Nk’uko bivugwa mu nkuru dukesha Ijwi ry’Amerika, ivuga ko umutwe w’Abadepite, wemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko kwemeza icyo gikorwa cyo kohereza Abimukira mu Rwanda byatorewe ku majwi 320 kuri 276.

Abadepite bagera kuri 60 bo mu i shyaka minisitiri w’intebe akomokamo ry’Abakonservateri, abahora n’ubundi barwanyaga icyo gikorwa bagera 11 nibo batemeje gusa kohereza Abimukira mu Rwanda.

Kohereza Abimukira mu Rwanda, mu minsi ishize byateje impaka mu Ishyaka ry’Abakonservateri ndetse biviramo kwegura kwa bamwe mu badepite bari basanzwe ari byegera bya minisitiri w’intebe.

Kiriya Kinyamakuru ki kaba cyatangaje ko hasigaye kwemeza rimwe bikozwe na House Of Lords maze aba bimukira bakoherezwa mu Rwanda.

Gusa abarwanya kohereza Abimukira mu Rwanda bo bakomeje gutangaza ko batazahwema gukomeza kwa magana icyo gikorwa.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yari aheruka gutangaza ko kohereza Abimukira mu gihugu cye, bikiri munzira ko kandi igihe bitakunze i Gihugu cye cyiteguye gusubiza ifaranga leta y’u Bwongereza bari baratanze yo gutegurira abo bimukira ibi Banza.

Bruce Bahanda.

Tags: Inteko Nshinga mategeko y'u BwongerezaKohereza Abimukira mu RwandaYemeje bidasubirwaho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu Ntara ya  Haut-Uele,muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, havutse undi umutwe w’itwara Gisirikare bikekwa ko Waba ukorana na AFC .

Mu Ntara ya Haut-Uele,muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, havutse undi umutwe w'itwara Gisirikare bikekwa ko Waba ukorana na AFC .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?