• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inteko Nshinga mategeko y’u Bwongereza yemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Inteko Nshinga mategeko y’u Bwongereza yemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Bwongereza yemeje kohereza Abimukira mu Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Rishi Sunak, k’u wa Gatatu, tariki ya 17/01/2024, yakoranije i Nama ya bagize Intako Nshinga mategeko y’u Bwongereza maze abasaba kwemeza cyangwa bagahakana ko hereza Abimukira mu Rwanda.

Nk’uko bivugwa mu nkuru dukesha Ijwi ry’Amerika, ivuga ko umutwe w’Abadepite, wemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko kwemeza icyo gikorwa cyo kohereza Abimukira mu Rwanda byatorewe ku majwi 320 kuri 276.

Abadepite bagera kuri 60 bo mu i shyaka minisitiri w’intebe akomokamo ry’Abakonservateri, abahora n’ubundi barwanyaga icyo gikorwa bagera 11 nibo batemeje gusa kohereza Abimukira mu Rwanda.

Kohereza Abimukira mu Rwanda, mu minsi ishize byateje impaka mu Ishyaka ry’Abakonservateri ndetse biviramo kwegura kwa bamwe mu badepite bari basanzwe ari byegera bya minisitiri w’intebe.

Kiriya Kinyamakuru ki kaba cyatangaje ko hasigaye kwemeza rimwe bikozwe na House Of Lords maze aba bimukira bakoherezwa mu Rwanda.

Gusa abarwanya kohereza Abimukira mu Rwanda bo bakomeje gutangaza ko batazahwema gukomeza kwa magana icyo gikorwa.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yari aheruka gutangaza ko kohereza Abimukira mu gihugu cye, bikiri munzira ko kandi igihe bitakunze i Gihugu cye cyiteguye gusubiza ifaranga leta y’u Bwongereza bari baratanze yo gutegurira abo bimukira ibi Banza.

Bruce Bahanda.

Tags: Inteko Nshinga mategeko y'u BwongerezaKohereza Abimukira mu RwandaYemeje bidasubirwaho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu Ntara ya  Haut-Uele,muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, havutse undi umutwe w’itwara Gisirikare bikekwa ko Waba ukorana na AFC .

Mu Ntara ya Haut-Uele,muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, havutse undi umutwe w'itwara Gisirikare bikekwa ko Waba ukorana na AFC .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?