Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Interahamwe z’iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n’ingabo z’u Burundi n’indi mitwe y’Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 10, 2024
in Regional Politics
0
Interahamwe z’iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n’ingabo z’u Burundi n’indi mitwe y’Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu misozi miremire yo muri teritware ya Uvira, bya vuzwe ko haheruka kubera i Nama idasanzwe yahuje abarwanyi bazwiho gusenyera Abanyamulenge.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

N’i Nama bivugwa ko yabereye neza na neza mu muhana wa Kangovu, wo muri Localite ya Gitoga, Cheferie ya Bapfulero, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Iy’i Nama nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye imisozi ya Uvira, bavuze ko yahuje Maï Maï, Interahamwe n’abo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino ndetse n’Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri ibyo bice bya Gitoga.

Bi kavugwa ko mur’iyo Nama, abo barwanyi bemezanije kurwanya Twirwaneho na M23, ndetse ngo basezeranya kandi gutanga ‘msaada’ mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahari kubera intarambara ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Rukara Albert watanze ay’amakuru kuri Minembwe Capital News, yavuze ko iriya Nama yabaye mu ijoro ryo k’uwa Kane, tariki ya 08/02/2024, ni nyuma y’uko kuri uwo wa Kane, MCN yari hawe amakuru ko i Kilembwe, muri teritware ya Fizi, hari havuye Interahamwe ninshi bageze mugace ka ka Ngovu, muri Localité ya Gitoga, ahari abasirikare b’u Burundi (TAFOC), abariho ba kambika.

Iy’i nkuru ikomeje ivuga ko Interahamwe zavuye i Kilembwe, zigana mu misozi ya Uvira, mu gihe zari zahamagawe n’i ngabo za FARDC zo muri brigade ya 12, ikorera mu bice byo muri Komine ya Minembwe.

Ahagana k’u wa Kabiri, tariki ya 6/02/2024, Komanda Secteur wa Uvira, Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yagiriye uruzinduko mu Minembwe, muri urwo ruzinduko, bya vuzwe ko yamaze kugera mu Minembwe, maze akoresha i Nama ingabo za za FARDC na Barundi bo mu mutwe wa TAFOC, nyuma y’iyo Nama n’ibwo FDLR zo mu Lulenge na Kilembwe, bategetswe kuja mu bice byo mu Rurambo.

Hari amakuru avuga ko ingabo za FARDC zo muri teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira ko boba bafite umugambi wo kurwanya Twirwaneho, ni mugihe bashinja Twirwaneho kuba umwe na M23. Gusa harandi makuru avuga ibi FARDC itara bibonera ibimenyetso bihagije, nk’uko tu bikesha abaturage baturiye i misozi miremire y’Imulenge.

Mu minsi ishize Twirwaneho, yashize itangazo hanze ishinja leta y’u Burundi na Guverinoma ya Kinshasa gucura umugambi wo kurimbura Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge (Tutsi), Iryo tangazo rya Twirwaneho rivuga ko kandi ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye bushinja Abanyamulenge gukorana byahafi n’umutwe wa M23.

Ntacyo leta y’u Burundi n’iya Congo bigeze bavuga kuri iryo tangazo rya Twirwaneho.

Bruce Bahanda.

Tags: FDLRGuminoI NamaIngabo z'u BurundiInterahamweKu misozi ya Uvira
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe ibindi byimbitse ku rugamba rwabaye uyu munsi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo.

Hahishuwe ibindi byimbitse ku rugamba rwabaye uyu munsi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?