• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Intumwa y’umuryango wa L’ONI muri RDC Bintu Keita ndetse n’u Rwanda bamaganye urugomo rwa Wazalendo kubaturage ba Batutsi muri RDC.

minebwenews by minebwenews
October 10, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intumwa y’umuryango wa L’ONI muri RDC Bintou Keita, yamaganye ibikorwa bya Wazalendo, M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Nimugihe bari mukanama ka L’ONI i Geneve, gashinzwe uburengazira bwa Muntu kw’Isi.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Bintou Keita, yagize ati: “Ndamagana urugomo rwa Wazalendo, bakomeje guhonyora ikiremwa muntu mubice bya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.”

Uyu muyobozi Kandi yanenze ko M23 y’arenze ku Masezerano ya Luanda maze asaba ko izi Nyeshamba zasubira inyuma.

Ati: “M23 Biragaragara kugishushanyo ko mwarenze amasezerano ya Luanda . Ibi rero bigaragaza ko muri kwangiriza uburengazira bwa Muntu.”

Igihugu c’u Rwanda naco cagaragaje ko gihangayikishijwe n’ibikorwa bya Wazalendo, FDLR ku baturage bo mubwoko bwa Batutsi.

Ibi bibaye mugihe kandi itsinda rya Wazalendo na FDLR ndetse na FARDC bashinjwa kwica abaturage ba Batutsi mubice bya Bugomba na Kabungu byo muri village ya Rugari aho byemezwa ko ubwo bw’icanyi ba bukoze muriri joro ryo kuwa Mbere rishira kuri uyu wa Kabiri.

Leta ya Kigali ikaba yagaragaje ko ihangayikishijwe n’ibikorwa by’imitwe yitwaje imbunda ya Wazalendo na FDLR ku baturage b’Abanyekongo, cyane cyane Abatutsi bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda.

Ibi n’ibyavuzwe na Ambasaderi w’u Rwanda mu Busuwisi, Rwakazina Marie Chantal ubwo yari muri ako kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Ni Nama bivugwa ko yabaye ejo hashize tariki 09/10/2023, ibereye i Geneve.

Ati: “Imvugo z’urwango no gukangurira gukora urugomo bishingiye ku bwoko bw’Abavuga Ikinyarwanda biracyakwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, kandi bigakorwa cyane n’abayobozi bo muri Congo Kinshasa.”

Rwakazina ageze kuri Wazalendo na FDLR yagize ati: “Leta ya RDC n’igisirikare cyayo cyongereye ubufatanye, gitanga imbunda kuri Wazalendo, birema uruziga rusha rw’urugomo rurimo urushingiye ku moko n’ibitero byo kwihorera. Leta kandi yinjije imitwe ikomoka mu gihugu, FDLR n’abacancuro, byazamuye byihuse urugomo mu burasirazuba bwa RDC.”

Uyu ambasaderi yavuze ko bikwiye ko Leta ya RDC yubahiriza imyanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu by’akarere, igahagarika gukorana no guha ubufasha iyi mitwe ya Wazalendo.

By Bruce Bahanda.

Tariki 10/10/2023.

Tags: Bamaganye urugomo rwa Wazalendo kubaturage ba BatutsiBintou Keitamuburasirazuba bwa RDCU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Umusore uri mukigero cyimyaka 20 yishwe n'amazi y'ikiyaga cya Kivu, muri Republika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?