Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Intumwa za Afrika, basabye Perezida Vradimir Putin, na mugenzi we wa Ukraine guhagarika Imirwano maze bagaharanira amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muruzinduko rwamahoro, aba Perezida b’ibihugu bya Afrika barimo bayobowe n’a Cyiril Ramaphosa, Perezida wa Afrika y’Epfo, mwijambo rye bakimara kubonana n’a Perezida Vradimir Putin, yagize ati : “Intambara yo muri Ukraine igomba kurangira.”

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nikuruyu wa gatandatu, aba Perezida b’ibihugu bya Afrika babonanye n’a Perezida Vradimir Putin, nuruzinduko rwatangiye kuruyu wagatanu arinabwo bageze muri Ukraine.

Perezida Ramaphosa, wa AFrica y’Epfo, arinawe uyoboye iz’Intumwa, nyuma yuko babonaniye na Perezida Vradimir Putin i St Petersburg, yamusabye kurangiza intambara kugira ngo amahoro agaruke mugihugu ca Republika ya Ukraine.

Ku wa gatanu, iz’Intumwa zamahoro ziva muri Afrika nibwo zageze muri Ukraine, Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky, akimara kubakira yahise asaba izo ntumwa ko atazagirana imishyikirano n’Uburusiya mu gihe bigaruriye bimwe mubice bigize Ukraine.

Perezida Vradimir Putin, yagabye ibitero muri Ukraine umwaka ushize wa 2022, ahagana muntangiriro zuyumwaka , nimugihe yashinja leta ya Ukraine kudashigikira umurongo we, ngwagashigikira Amerika.

iz’Intumwa zamahoro ziva muri Afrika, zakoze urugendo rwamahoro rugamije guhuza Putin n’a Perezida wa Ukraine, mugihe Iyintambara imaze gufata indi ntera kuko hari haheze umunsi umunsi gusa Perezida Vradimir Putin, atangarije isi ko yamaze kohereza intwaro za kirimbuzi mugihugu ca Belarus, murwego rwokurinda ubusugire bw’igihugu cye u Barusiya.

Ibitangazamakuru byo mu Burusiya byo bikomeje gutangaza ko Kremle ikomeje gufungura ibiganiro kugira ngo imirwano irangire muri Ukraine

Amagambo ya Kreml aje mu gihe itsinda ry’abayobozi barindwi bo muri Afrika batangiye uruzinduko rwabo muri Ukraine n’Uburusiya kugira ngo bagerageze guhuza abashamiranye muntambara ya Ukraine .

Uburusiya bwakomeje gushimangira ko bwiteguye guhagarika amakimbirane hagati yayo na Ukraine. Kyiv ku ruhande rwayo ivuga ko izemera imishyikirano niba ingabo za Moscou zivuye muturere twayo.

Ninkuru dukesha urubuga rwa RFI.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 18.06.2023, saa 7:15Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Tags: guhagarika ImirwanoIntumwa za AfrikaPerezida wa UkraineVradimir Putin
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za FARDC muri Kasinde, zatangaje ko zirimaso mukwitegura ko umutwe wa ADF, wakwinjira kubutaka bw'aCongo Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?