Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inyeshamba zikorana byahafi na Leta ya Kinshasa zanyaze Inka z’Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 18, 2025
in Regional Politics
0
Inyeshamba zikorana byahafi na Leta ya Kinshasa zanyaze Inka z’Abanyamulenge.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inyeshamba zikorana byahafi na Leta ya Kinshasa zanyaze Inka z’Abanyamulenge.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Inka z’Abanyamulenge zibarirwa mu mirongo zanyazwe n’abarwanyi bo mu mutwe wa Maï-Maï ukorana byahafi n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu misozi yo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Hari igihe cy’urukerera rw’iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 18/01/2025 ni bwo Maï-Maï yaje ku Ndondo inyaga inka 60 z’Abanyamulenge.

Iyi nkuru ivuga ko iz’i nka zanyagiwe mu duce duherereye muri Localité ya Kajembwe.

Kajembwe ikaba ari imwe muri Localité zirenga 10 zibarizwa muri grupema ya Bijombo ho muri teritware ya Uvira, aho Abanyamulenge bakunze kwita ku Ndondo ya Bijombo.

Amasoko yacu avuga ko Inka zanyazwe n’iz’umugabo w’Umunyamulenge witwa Madigidi usanzwe atuye muri ibyo bice Inka zanyagiwemo.

Gusa, mu kunyaga iz’i nka nta mirwano yabaye kuko Maï-Maï yazisanze aho ziryamye ihita ishorera. Bikavugwa ko yazerekeje inzira ya Gafinda zigana ku Gataka ahasanzwe ari mu ndiri yabo barwanyi.

Iz’i nka z’Abanyamulenge kandi zinyazwe mu gihe hari hashyize igihe cy’amezi arenga atanu nta hantu havuzwe ko Maï-Maï yanyaze inka muri ibyo bice. Kimwecyo, mu minsi mike ishize Abanyamulenge bagiye bibwa inka zabo ku Ndondo ya Bijombo, bikavugwa ko zibwaga n’abariya barwanyi bo mu mutwe wa Maï-Maï baterwa inkunga na Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi.

Tags: Inka z'AbanyamulengeKajembweMaï MaïYanyaze
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
M23 yakubise kubi FARDC n’ingabo z’u Burundi i Masisi.

M23 yakubise kubi FARDC n'ingabo z'u Burundi i Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?