• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Inyeshamba zo mumutwe wa Red Tabara, birahwihwisa ko waba wamaze kunvikana na leta ya Bujumbura kubatahukana i Burundi.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe w’inyeshamba urwanya leta ya Bujumbura, Red Tabara, birahwihwisa ko uri mubiganiro na leta ya Perezida Evalist Ndayishimiye, aho binemezwa ko batangiye gutahukanwa mugihugu c’u Burundi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 24/06/2023, saa 11:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wagatatu wiki Cyumweru, turimo dusoza, nibwo iz’Inyeshamba zo mumutwe wa Red Tabara, umutwe urwanya leta ya Bujumbura, bivugwa ko bageze mubice byo muri teritware ya Uvira neza na neza kuri Kiriba Ondese.

Bikemezwa ko hoba harihagize iminsi abasirikare b’Abarundi babarizwa muri Kivu y’Epfo, kobagiye bakorana ibiganiro byo mwibanga nizi nyeshamba zo mumurwi wa Red Tabara umaze imyaka irenga irindwi ubarizwa kubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, mubice byo muri Kivu yamajy’Epfo.

Mumakuru yizewe Minembwe Capital News, Imaze guhabwa nabamwe mubaturiye imisozi ya Uvira bemeje ko mugace ka Kagando ho muri Kiriba muri teritware ya Uvira kohamaze kugera ingabo za Barundi aho zije gusafirisha abo barwanyi bahoze muri Red Tabara.

Gusa hakaba haramakuru Minembwe Capital News, yahawe kuva mwirijoro ryakeye ko abarwanyi ba Red Tabara koboba baratangiye kwambutswa mugihugu c’u Burundi kuva kuruyu wakane tariki 22/06/2023, aho binemezwa ko ibimodoka byinshi byagisirikare by’u Burundi ko byakomeje kugaragara bigana kuri Kiriba Ondese. Bikemezwa ko biza gutora izonyeshamba zibaja mugihugu c’u Burundi.

Iz’inyeshamba zo mumutwe wa Red Tabara, urwanya Ieta y’u Burundi byari bigize igihe zivugwa ko zamaze gushinga ibirindiro bikuru byabo mubice bya Rugezi ho muri Secteur ya Lurenge, muri teritware ya Fizi muntara ya Kivu yamajy’Epfo. Izi nyeshamba zishinjwa kw’iba Inka zabo mubwoko bwa Banyamulenge, ndetse nogusenya Imihana yabo zikaba zinashinjwa gusenya Rurambo ahagana mumwaka wa 2021.

Tags: Bujumburagutahukanaleta yu BurundiRed tabara
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ekelezia Gatolika, banenze uburyo amatora ahaya tegurwa muri RDC.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Gutaha nintore ni nagende neza byenda abapfurero Boca bugufi natwe tukazatahuka iwacu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?