• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Inyeshamba zo mumutwe wa Red Tabara, birahwihwisa ko waba wamaze kunvikana na leta ya Bujumbura kubatahukana i Burundi.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe w’inyeshamba urwanya leta ya Bujumbura, Red Tabara, birahwihwisa ko uri mubiganiro na leta ya Perezida Evalist Ndayishimiye, aho binemezwa ko batangiye gutahukanwa mugihugu c’u Burundi.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 24/06/2023, saa 11:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wagatatu wiki Cyumweru, turimo dusoza, nibwo iz’Inyeshamba zo mumutwe wa Red Tabara, umutwe urwanya leta ya Bujumbura, bivugwa ko bageze mubice byo muri teritware ya Uvira neza na neza kuri Kiriba Ondese.

Bikemezwa ko hoba harihagize iminsi abasirikare b’Abarundi babarizwa muri Kivu y’Epfo, kobagiye bakorana ibiganiro byo mwibanga nizi nyeshamba zo mumurwi wa Red Tabara umaze imyaka irenga irindwi ubarizwa kubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, mubice byo muri Kivu yamajy’Epfo.

Mumakuru yizewe Minembwe Capital News, Imaze guhabwa nabamwe mubaturiye imisozi ya Uvira bemeje ko mugace ka Kagando ho muri Kiriba muri teritware ya Uvira kohamaze kugera ingabo za Barundi aho zije gusafirisha abo barwanyi bahoze muri Red Tabara.

Gusa hakaba haramakuru Minembwe Capital News, yahawe kuva mwirijoro ryakeye ko abarwanyi ba Red Tabara koboba baratangiye kwambutswa mugihugu c’u Burundi kuva kuruyu wakane tariki 22/06/2023, aho binemezwa ko ibimodoka byinshi byagisirikare by’u Burundi ko byakomeje kugaragara bigana kuri Kiriba Ondese. Bikemezwa ko biza gutora izonyeshamba zibaja mugihugu c’u Burundi.

Iz’inyeshamba zo mumutwe wa Red Tabara, urwanya Ieta y’u Burundi byari bigize igihe zivugwa ko zamaze gushinga ibirindiro bikuru byabo mubice bya Rugezi ho muri Secteur ya Lurenge, muri teritware ya Fizi muntara ya Kivu yamajy’Epfo. Izi nyeshamba zishinjwa kw’iba Inka zabo mubwoko bwa Banyamulenge, ndetse nogusenya Imihana yabo zikaba zinashinjwa gusenya Rurambo ahagana mumwaka wa 2021.

Tags: Bujumburagutahukanaleta yu BurundiRed tabara
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Ekelezia Gatolika, banenze uburyo amatora ahaya tegurwa muri RDC.

Comments 1

  1. Gasore says:
    3 years ago

    Gutaha nintore ni nagende neza byenda abapfurero Boca bugufi natwe tukazatahuka iwacu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?