Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Inzara ngoyaba igiye gucika muri Rurambo, n’imugihe bahawe ubufasha bw’imbuto zimera vuba kandi zikera vuba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzara ngo yaba igiye gucika muri Rurambo, muri teritware ya Uvira n’imugihe bahawe imbuto zimera vuba kandi zikera vuba.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 01/08/2023, saa 8:05pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mu Rurambo homuri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, abaturage baho bahawe imfashanyo irimo imbuto zigezweho. Izi mbuto bazihawe murwego rwo kurwanya inzara .

Nkuko ayamakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko izi mbuto ari inkunga iva mu Banyamulenge, nubundi bavuka muri Rurambo batuye mu bihugu byamahanga, hari nkizavuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Uburaya ndetse no mubihugu byo mukarere ka Afrika y’iburasizuba (EAC), nkuko twabibwiwe nabamwe baturiye akarere ka Rurambo.

Bati: “Mbere turashimira Abanyamulenge bavuka muri Rurambo, bagiye amahanga abo nibo batugobotse. Izi mbuto n’izimera vuba kandi zikera vuba ikindi nuko zihanganira imbeho.”

Kuruyu wa Kabiri akaba aribwo zagiye zitangwa mu Mihana igize akarere ka Rurambo. Murizo mbuto harimo, i Bishombo, i Bigori, i Bijumba ndetse na Mashaza.

Ibi b’ihingwa ngobikaba byera mugihe cya Mezi atatu gusa nimugihe ubundi muraka karere bahoranaga ibigori byera mugihe cya Mezi 9 cangwa 11.

Abatanze amakuru kuri Minembwe Capital News, banashimiye iyi diaspora yagobotse abanya-Rurambo.

Bati: “Abana bacu bari mu mahanga kuba batwibutse kugira ngo turwanye inzara hamwe twese turabashimiye, bazaduhorere uko.”

Aba baturage kandi ba Rurambo, batanze amakuru ko akarere kabo gakomeje gutekana nimugihe inzira ya Gatanga , Masango na Rurambo kurubu yabaye nyabagendwa. Iyinzira ikaba yarimaze igihe kirenga imyaka itanu itanyuramo Abanyamulenge. Inzira ya Gatanga, Masango na Rurambo ibonetse mugihe kandi aba baturage bari baheruka kwishimira ko Gatobwe isigaye inyuramo Abanyamulenge.

Tags: ImbutoInzira ya Gatanga Masango na RuramboRuramboZimera vuba kandi zikera vuba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Russia adds Akane Tomoko ICC prosecutor to it's wanted list following Karim Khan.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?