• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2024
in Regional Politics
1
Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzira ntikiri nyabagendwa mu Rurambo, FARDC yahamagariye andi moko, gutsembatsemba Abanyamulenge.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni nyuma y’uko ahar’ejo tariki ya 24/07/2024, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, gikorera mu bice byo mu misozi ya Rurambo, gihamagariye abaturage batari abo mu bwoko bw’Abanyamulenge kwica ubwo bwoko bw’Abanyamulenge, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Rurambo ni agace gaherereye muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Aka gace ahanini gatuwe n’abo mu bwoko bw’Abanyamulenge cyangwa se Abatutsi n’Abapfulero ndetse n’Abanyindu bake.

Aka gace kabamo isoko irema umunsi wa Gatatu, ikaremera neza mu bice byo muri Localité ya Gitoga, kandi ikaba ariyo isanzwe ari nini.

Rero, Abanyamulenge bayiremye, baturutse mu bice byo muri Localité ya Kahororo n’ahandi, bategetswe gusubira iyo baje bava nta kintu na kimwe baguze cyangwa baranguye, ibyo ba bibitegetswe n’igisirikare cya RDC.

Kandi mbere y’uko abasirikare batanga iryo tegeko ku Banyamulenge bari baremye iyo soko ya Gatatu, abo basirikare babanje kuvuza ifirimbi, maze abantu bose bateranira ku musirikare mukuru wa FARDC wari uyivugije, niko gutanga amabwiriza agize ati: “Nta Munyamulenge duhanguriye kurema isoko ya Gatatu, uzayirema azicwa. Ntanuwo duhanguriye kuzamanuka inzira ija Uvira, uzayibonekamo azicwa.”

Sibyo byonyine kuko aba basirikare banahamagariye ay’andi moko gufatanya n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ingabo z’u Burundi kwica Abanyamulenge bazaba batubahirije ibyavuzwe haruguru.

Ndetse kandi byavuzwe ko mbere y’uko iyo soko irema, habanje kuba inama, aho bivugwa ko yitabiriwe n’abarimo ingabo z’u Burundi zo mu itsinda rya TAFOC, ingabo za FARDC, Gumino, Maï Maï n’Interahamwe.

Ibi rero byatumye Abanyamulenge baturiye ibyo bice bagira ubwoba, ndetse basaba ko hogira ibihinduka kuri ibyo bategetswe n’igisirikare cya leta. Bitaba byo bakamenya uko babyitwaramo.

           MCN.
Tags: Andi mokoFardcGitogaGutsembatsemba AbanyamulengeRuramboYahamagariwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Inkongi y’umuriro yongeye kwa duka i Bukavu yangiriza byinshi inahitana n’abantu.

Inkongi y'umuriro yongeye kwa duka i Bukavu yangiriza byinshi inahitana n'abantu.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    ESE congo ikoreshya Inama n’interamye Aho bahereye bamara ubwoko bumwe bagabanyije bakarinda abantu bose

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?