• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Inzobere mu ikorana buhanga rya internet, zatanze umucyo ku cyateye kugira ngo network ibe nke muri Afrika y’iburasizuba.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2024
in World News
1
Inzobere mu ikorana buhanga rya internet, zatanze umucyo ku cyateye kugira ngo network ibe nke muri Afrika y’iburasizuba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzobere mu ikorana buhanga rya internet zatanze umucyo ku cyateye kugira ngo network ibe nke muri Afrika y’iburasizuba.

You might also like

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

Ni ukuva ku Cyumweru tariki ya 12/05/2024, nibwo abakoresha internet batangiye kuyibura kugeza aho yageraga hamwe igahagarara.

Iki kibazo cyagaragaye Uganda, Rwanda, Kenya, Tanzania, Burundi no mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Amakuru atangwa n’inzobere mu ikorana buhanga, avuga ko iki kibazo cyatewe n’ibibazo byabaye ku migozi y’ikorana buhanga rya internet ica munyanja isanzwe ihuza iri korana buhanga ryo mu karere ka Afrika y’iburasizuba ndetse n’iry’isi yose.

Nk’uko byatangajwe na bwana Ben Roberts ubwo yaganiraga na BBC yavuze ko iyi migozi inyura munyanja hasi, ica muri Afrika y’Epfo, ari yo yagize ibibazo byatumye internet igenda buhora.

Iyi nzobere isanzwe ikora mu kigo cy’ikorana buhanga yavuze ko liquid Intelligent Technologies, yatangaje ko umwe muri iyo migozi wacitse mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, ucikira mu birometero 45 uvuye mu mujyi wa Durban muri Afrika y’Epfo.

Bamwe bari batangiye kuvuga ko byaba ari ubugizi bwanabi bwakozwe, ariko Ben Roberts ibyo arabihakana, akavuga ko uretse uyu mugozi wacitse, hari n’undi wagize ikibazo, ku buryo ari byo biri gutera ibibazo.

Gusa avuga ko n’ubwo iyi migozi yacitse, ariko hari ikiri mizima, ndetse ko ari nayo mpamvu internet itabuze burundu, kuko iri gucikagurika, ariko ikanyazamo ikaganda.

          MCN.
Tags: BuhoraInternetMuri Afrika y'iburasizuba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bw’Igisirikare cya FARDC mu Minembwe, bwe mereye abaturage ko ingabo zabo arizo zaraye zirashe abaturage babiri bakomeretse.

Ubuyobozi bw'Igisirikare cya FARDC mu Minembwe, bwe mereye abaturage ko ingabo zabo arizo zaraye zirashe abaturage babiri bakomeretse.

Comments 1

  1. Niyomugabo Raul fidele says:
    1 year ago

    Ugize uti, #IKANYAZAMO!!!!!!!🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
    Nti nyarizeho da.🙄🙄🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺🕺

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?