• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran n’umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 18, 2025
in World News
0
Iran n’umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran n’umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.

You might also like

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje amagambo akakaye agaragaza uruhare rwa Amerika mu ntambara ihanganishije Israel na Iran, anavuga ko Iran ikwiye gupfukama ntayandi mananiza ndetse anateguza umuyobozi mukuru w’ikirenga w’iki gihugu kubona ibyago.

Trump akoresheje urubuga rwa Truth yagize ati: “Ubu dufite kugenzura kwuzuye ikirekire cya Iran. Iran yari ifite ibikoresho byiza byo gukurikirana ikirere cyayo n’ubwirinzi bwinshi, ariko ntacyo bumaze ugereranyije n’ibikoresho byakorewe muri Amerika. Nta wundi ubikora neza nk’Abanyamerika.”

Umukuru w’igihugu wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yanavuze ko umuyobozi mukuru w’ikirenga wa Iran Khmenei, ko aho yihishe Amerika ihazi, ahita anamwita “intego yoroshye, ariko nyamara avuga ko bataza mwica ngo kuko sicyo gihe.”

Amagambo ya perezida Donald Trump yakurikiwe n’impungenge zikomeye mu rwego mpuzamahanga, aho impuguke mu bya dipolomasi zivuga ko ashobora gutuma iyi ntambara irushaho gukomera, ikaba intambara nini hagati y’ibihugu byo mu Burengerazuba bwo hagati. Iran ntacyo irabisubizaho, ariko byitezwe ko igomba kubisubiza mu maguru mashya.

Ku rundi ruhande bivugwa ko ibyatangajwe na Trump bishobora guhungabanya imirimo ya demokarasi iri gukorwa na Leta iriho muri Amerika, cyane cyane mu biganiro by’ibanga bigamije kugarura ituze kuri biriya bihugu bihanganye.

Tags: AmerikaIbyagoIran
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

by Bruce Bahanda
August 12, 2025
0
U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera. U Bushinwa bwanenze Leta Zunze ubumwe z'Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera zishingiye kukuba bugurira peteroli mu Burusiya. Byagarutsweho na...

Read moreDetails

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe. Indege y'igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b'igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana. Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku...

Read moreDetails

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda has officially embarked on the rollout of its new Single Digital Identification System (SDIS), a cutting-edge platform designed to revolutionize identity management in the country. The initiative,...

Read moreDetails

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano. Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y'umujyi w'i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana...

Read moreDetails

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Bidasubirwaho Constant Mutamba yeguye .

RDC: Bidasubirwaho Constant Mutamba yeguye .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?