Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran yaciye bugufi nyuma y’aho Amerika igize icyo iyivugaho ku bitwaro bya kirimbuzi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 13, 2025
in World News
0
Iran yaciye bugufi nyuma y’aho Amerika igize icyo iyivugaho ku bitwaro bya kirimbuzi.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yaciye bugufi nyuma y’aho Amerika igize icyo iyivugaho ku bitwaro bya kirimbuzi.

You might also like

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika na Iran byatangiye ibiganiro biganisha kuba iki gihugu cyahagarika gukora ibitwaro bya kirimbuzi.

Ni ibiganiro amakuru avuga ko byatangiye nyuma y’aho perezida w’Amerika, Donald Trump amenyesheje Iran ko nitemera ibiganiro, igihugu cye kizayishwanyaguza.

Amakuru akomeza avuga ko ibiganiro byahuje impande zombi byabereye muri Oman, ku ruhande rwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika rwari ruhagarariwe na Steve Witkoff, mu gihe Iran yari ihagarariwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga, Abbas Araghchi.

Biravugwa kandi ko na minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Oman yari muri ibi biganiro nk’umuhuza nk’uko byasobanuwe.

Amakuru kandi avuga ko ibi biganiro byabereye neza mu nkengero za Oman, nyuma y’aho Witkoff asubira mu murwa mukuru w’iki gihugu undi nawe akerekeza muri ambasade y’Amerika.

Nubwo impande zombi zahuye, umuvugizi wa minisitiri w’ubanye n’amahanga ya Iran, Email Baghaei, yatangaje ko ibiganiro byabaye mu buryo buziguye.

Baghaei yasobanuye ko ibiganiro bizakomeza, kandi ko bizabera aho Oman yateguye.
Bikavugwa ko buri ruhande ruzaba ruri mucyumba biberamo, runyuze ibitekerezo byarwo kuri minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Oman.

Yasobanuye kandi ko muri ibi biganiro, Iran izashimangira ko izahanira inyungu zayo, bityo ko yemeye ibiganiro kugira ngo Amerika iyikureho ibihano yayifatiye by’ubukungu.

Tags: AmerikaIntwaroIranKirimbuzi
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy'amateka, havuzwe igihugu cya yifashije. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirashinjwa gufasha igisirikare cya Ukraine mu gitero karahabutaka giheruka kugaba ku butaka bw'u...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika. Umunyamerika w'umukire ku rwego rw'isi, Bill Gate, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyari 200 z'amadolari y'Amerika mu bikorwa bigamije...

Read moreDetails

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw'u Burusiya. Abasirikare badasanzwe ba Ukraine bakoresha indege zitagira abapilote zizwi nka drones zikoreshwa mu ntambara bakoze igitero cy'amateka...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 Requested Kinshasa to do Certain Things Before Both Parties Enter into Negotiations.

AFC/M23 icyihutirwa igiye gukora ku ngabo za Sadc.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?