Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran yaciye bugufi nyuma y’aho Amerika igize icyo iyivugaho ku bitwaro bya kirimbuzi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 13, 2025
in World News
0
Iran yaciye bugufi nyuma y’aho Amerika igize icyo iyivugaho ku bitwaro bya kirimbuzi.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yaciye bugufi nyuma y’aho Amerika igize icyo iyivugaho ku bitwaro bya kirimbuzi.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika na Iran byatangiye ibiganiro biganisha kuba iki gihugu cyahagarika gukora ibitwaro bya kirimbuzi.

Ni ibiganiro amakuru avuga ko byatangiye nyuma y’aho perezida w’Amerika, Donald Trump amenyesheje Iran ko nitemera ibiganiro, igihugu cye kizayishwanyaguza.

Amakuru akomeza avuga ko ibiganiro byahuje impande zombi byabereye muri Oman, ku ruhande rwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika rwari ruhagarariwe na Steve Witkoff, mu gihe Iran yari ihagarariwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga, Abbas Araghchi.

Biravugwa kandi ko na minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Oman yari muri ibi biganiro nk’umuhuza nk’uko byasobanuwe.

Amakuru kandi avuga ko ibi biganiro byabereye neza mu nkengero za Oman, nyuma y’aho Witkoff asubira mu murwa mukuru w’iki gihugu undi nawe akerekeza muri ambasade y’Amerika.

Nubwo impande zombi zahuye, umuvugizi wa minisitiri w’ubanye n’amahanga ya Iran, Email Baghaei, yatangaje ko ibiganiro byabaye mu buryo buziguye.

Baghaei yasobanuye ko ibiganiro bizakomeza, kandi ko bizabera aho Oman yateguye.
Bikavugwa ko buri ruhande ruzaba ruri mucyumba biberamo, runyuze ibitekerezo byarwo kuri minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Oman.

Yasobanuye kandi ko muri ibi biganiro, Iran izashimangira ko izahanira inyungu zayo, bityo ko yemeye ibiganiro kugira ngo Amerika iyikureho ibihano yayifatiye by’ubukungu.

Tags: AmerikaIntwaroIranKirimbuzi
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 Requested Kinshasa to do Certain Things Before Both Parties Enter into Negotiations.

AFC/M23 icyihutirwa igiye gukora ku ngabo za Sadc.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?