• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 26, 2025
in World News
0
Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

You might also like

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Igihugu cya Iran cyatangaje ko giheruka gukubita ahababaza Leta Zunze ubumwe za Amerika mu gitero yagabye ku kigo cy’ingabo zayo giherereye muri Qatar.

Byatangajwe n’umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, kuri uyu wa kane tariki ya 26/06/2025, aho yamenyesheje amahanga ko igihugu cye ko cyababaje cyane Ingabo za Amerika mu gitero cyazigabyeho.

Ikigo cy’ingabo za Amerika cyagabweho icyo gitero ni cya Al-Udeid.

Abategetsi ba Iran nk’uko babivuga iki gitero bagikoze mu rwego rwo kwihorera kuko Amerika na yo yari yarashe ibigo byayo bitatu byatunganyirizwagamo ingufu za nucléaire.

Ni ubwa mbere Ayatollah ageza ijambo ku gihugu ku nshuro ya mbere, kandi atangaza ko yatsinze Israel na Amerika.

Yagize ati: “Iran yageze ku ntsinzi ikomeye ku banzi bayo. Ibi bizakomeza kwibukwa nk’isomo twatanze mu mateka y’isi.”

Yakomeje ati: “Iran izakomeza gushikama no guharanira inyungu z’ubwigenge bwayo.”

Uyu muyobozi w’ikirenga wa Iran, yasobanuye ko perezida Donald Trump yifuzaga ko Iran yishyira mu maboko ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ariko avuga ko ibyo ari nzozi ngo kuko ntanarimwe bizigera biba.

Ndetse ashimangira ko Iran izirwanaho, kandi ko izasubiza igitero icyo ari cyo cyose kizayigabwaho.

Iran nubwo yivuga ibigwi ku gitero yagabye muri Qatar ku birindiro by’ingabo za Amerika mu mpera zakiriya cyumweru gishize, ariko ubuyobozi bwa Qatar bwari bwatangaje ko ubwirinzi bwayo bwo mu kirere bwabashije kugikumira. Bunavuga ko ntanakimwe cyangijwe.

Tags: AyatollahGukubita AmerikaIgiteroYigambye
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara. Leta Zunze ubumwe z'Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Ingabo za Uganda zambikanye bikomeye n’abarwanyi ba Wazalendo.

RDC: Ingabo za Uganda zambikanye bikomeye n'abarwanyi ba Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?