• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC n’abambari bayo bazindutse bagaba igitero mu irembo rya Minembwe.

minebwenews by minebwenews
August 30, 2025
in Conflict & Security
0
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC n’abambari bayo bazindutse bagaba igitero mu irembo rya Minembwe.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo bagabye igitero mu gice giherereye mu Burasirazuba bwa teritware ya Menembwe.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 30/08/2025, ni bwo iki gitero cyagabwe muri Mukoko no mu nkengero zayo.

Amakuru avuga ko Fardc n’abafatanya bikorwa bayo bakoze ibi bitero baturutse kwa Mulima no mu Rusuku werekeza i Fizi ku i zone.

Mukoko izindukiyemo ibitero iri mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe, ni na yo igabanya igice cya Minembwe n’icyo kwa Mulima kigenzurwa n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda n’ingabo z’u Burundi.

Muri uyu mwanya irimo kumvikanamo imbunda ziremereye n’izoroheje, nk’uko aya makuru akomeza abivuga, ati: “Muri Mukoko harikunvikanamo imbunda nini n’amakompola menshi. Biteye ubwoba.”

Twirwaneho yitanze uru ruhande rwa Leta mu rwego rwo kugira ngo ntirukomeze imirwano, aho rwasatiraga ruja imbere. Binavugwa ko yatangiye kubasubiza iyo baje baturuka, nk’uko ubuhamya bwabariyo bubivuga, ati: “Twirwaneho yatangiye gusubiza umwanzi wayo inyuma, bari kubirukana babasubiza kwa Mulima.”

Iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu, na bwo iri ihuriro ry’ingabo za Congo ryagabye ibitero byo mu kirere rikoresheje indege zitagira abapilote za drones mu bice bya Mikenke na Rugezi. Ariko amakuru agaragaza ko ntacyo byahungabanyije, usibye kwangiza imisozi iragirirwaho inka n’andi matungo.

Ibitero byongeye gukaza umurego mu misozi miremire y’i Mulenge, mu gihe Twirwaneho imaze kwigarurira ibice byinshi byo muri iyi misozi. Nk’uko bizwi igenzura Rurambo, igice kinini cyo mu Cyohagati ndetse kandi inagenzura uduce tumwe tw’i Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira.

Ni mu gihe Minembwe yo hafi yayose iyigenzura kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka, nyuma yo kuyirukanamo ingabo z’u Burundi iza RDC n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Tags: IbiteroMukoko
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yakozanyijeho n’Ingabo z’u Burundi ku Ndondo.

AFC/M23/MRDP yakozanyijeho n'Ingabo z'u Burundi ku Ndondo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?