• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Isengesho rya Denise Nyakeru, umudamu wa perezida Félix Tshisekedi, rya vugishije benshi, bivugwa mo na “Balkanisation.”

minebwenews by minebwenews
February 16, 2024
in Regional Politics
0
Isengesho rya Denise Nyakeru, umudamu wa perezida Félix Tshisekedi, rya vugishije benshi, bivugwa mo na “Balkanisation.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Denise Nyakeru, umudamu wa Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, isengesho aheruka gusenga, rya byukije amaranga mutima y’Abanyekongo benshi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’isengesho Denise Nyakeru, yasenze ubwo yari yakoranije abakirisitu basengana i Kinshasa maze bafata akanya basengera i Gihugu, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ayo masengesho yabaye mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo.

Denise Nyakeru yasenze ati: “N’ubwo kuri none u Rwanda bagiriwe amahirwe batwambura igice kinini cy’u Burasirazuba bw’igihugu cyacu, ariko abana bacu n’a buzukuru bacu, bazavuganira buriya butaka bw’igihugu cyacu.”

Ibi nibyo abarimo n’bahoze mu butegetsi bw’igihugu bagize icyo ba bivugaho, aho ndetse bavuze ko ‘iri sengesho rya Nyakeru, riri mu bihushura ko hari umugambi wa Balkanisation.’

Gen John Numbi, wahoze akuriye igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ya kuruye iriya video yu mvikanisha isengesho rya Denise Nyakeru, avuga ko ubutaka bwo mu Burasirazuba bwa RDC bwa gurishijwe n’u mugabo wa Denise Nyakeru, ariwe Félix Tshisekedi.

Yagize ati: “I gice cy’u Burasirazuba bw’igihugu, cyara gurishijwe, umudamu wa Fatshi yahishuye umugambi uriho wa Balkanisation no guhishura ko hari ugutsindwa kw’ingabo za FARDC.”

Saidi Mzee Roger, we yagize ati: “Politike zanyu zaramenyekanye, muri ‘abashenzi,’ amaherezo yanyu azaba mabi! kuko mwagurishije igihugu.”

Naho Isaya Washomba, uherereye muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yashinje perezida Félix Tshisekedi n’u mudamu we ko bemeye gutsindwa urugamba, urwo ahanganyemo n’abo yita Abanyarwanda.

Ati: “Kubera iki uvuga ibyo? Bivuze ko wewe n’u mugabo wawe mwe mereye Abanyarwanda gufata icyo gice batwambuye, kugira ngo abana banyu n’abuzukuru bazarwane n’abo! Turabazi mwe meye ubutsindwe k’uko haribyo mwemeranye n’abo.”

Denise Nyakeru ni umudamu wa Perezida Félix Tshisekedi, asanzwe afite ishirahamwe rizwi kw’izina rya”Nyakeru Foundation,” rifasha abatishoboye harimo ko yagiye afasha na makanisa ahanini abatishoboye.

Iryo shirahamwe kandi rya Nyakeru Foundation, ryagize uruhare mu gufasha abakuwe mu byabo kubera ibiza n’imyuzure bo muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Denise NyakeruIsengeshoRya vugishije benshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, perezida Félix Tshisekedi yerekeje i Addis Ababa muri Ethiopa, mu Nama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afrika yunze ubumwe.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, perezida Félix Tshisekedi yerekeje i Addis Ababa muri Ethiopa, mu Nama y'abakuru b'ibihugu bigize umuryango w'Afrika yunze ubumwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?