• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe rya IWACA, rifasha imfubyi n’Abapfakazi, rikomeje gukora ibikorwa by’indashikirwa mu Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
December 24, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe rya IWACA(International Woman and Children Assistance), rifasha imfubyi n’Abapfakazi, ibikorwa byabo bikomeje kuba indashikirwa mu bihugu by’Afrika y’iburasizuba (EAC).

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Nk’uko bya vuzwe ir’ishirahamwe ahanini rifasha imfubyi n’Abapfakazi, muri Kenya, Rwanda, Burundi, RDC no mu gihugu ca Republika ya Uganda.

Bamwe mu bayobozi biri shirahamwe, barimo Gapangwa Bonfils, uzwi mw’itangaza makuru kuri Channel ya YouTube ya BMC, na Mwamikazi Nyakinshasa, wa mamaye muri Film zikinwa mu muco wa Kinyamulenge, muriki Cy’umweru cya Noèl yo mu mwaka w’2023, basuye imfubyi n’Abapfakazi, ba herereye i Nakivale, Rukinga no mu Mujyi wa Mbarara, mu m’Ajyepfo y’Igihugu ca Uganda. N’u ruzinduko bwana Gapangwa, ya bwiye Minembwe Capital News, ko rwari rugamije ko bo, basangira n’Abapfakazi n’imfubyi, no kubafasha.

Yagize ati: “Uruzinduko rwacu muri Uganda, njye, na Nyakinshasa, rwari rugamije ko dusangira n’Imfubyi n’Abapfakazi, i Rukinga, Mbarara na Nakivale.”

“Dufasha imfubyi n’Abapfakazi, sinabo bonyine kuko dufasha n’abakobwa bagize ibibazo ba byarira iwabo. Abakobwa dufasha n’a babyaye ariko badafite ubushobozi.”

Yunzemo kandi ati: “Twahisemo kuzafasha abana nka mirongwitanu ( 50), i Nakivale na Rukinga. Aba tuzabafasha bige ishuri.”

Bwana Gapangwa, yanavuze ko ir’ishirahamwe rya IWACA, ritegwa inkunga n’umubyeyi uri mu gihugu co mu Busiwisi(Sweden), Nyiramubyeyi Josian.

Ati: “Nyiramubyeyi Josian, amaze gukora ibikorwa bidasanzwe mu gufasha Abana b’Imfubyi n’Abapfakazi.”

Gapangwa, yanabwiye Minembwe Capital News, ko uriya mubyeyi yafashije cyane abakobwa ba byariye iwabo.

Ati: “Uriya mubyeyi Nyamubyeyi Josian, Imana imuhe imigisha. Hari ibikorwa byiza yakoze mushimiraho n’uko mugufasha bariya bakobwa ba byariye iwabo, bamwe muribo yabakuye mu misozi miremire y’Imulenge abazana mu Rwanda, akabafashiriza yo.”

K’urundi ruhande ishirahamwe rya IWACA, rifasha no gutanga ibiganiro ku bapfakazi nabakobwa ba byariye iwabo.

Tubibutsa ko ir’ishirahamwe bariya bana b’Imfubyi n’Abapfakazi ndetse na bakobwa ba byariye iwabo rifasha, n’abahunze intambara z’urudaca mu Burasirazuba bwa RDC, ahanini Imulenge n’a bakiri mu gihugu batabashe guhunga, intambara za Maï Maï na FDLR.

Bruce Bahanda.

Tags: Abakobwa babyariye iwaboIfasha imfubyi n'AbapfakaziIWACA
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post

Abapfulero b'injiye mu rujijo nyuma y'uko Abanyamulenge bahunze ku Bwegera.

Comments 1

  1. John says:
    2 years ago

    Swiss na Sweden n’ibihugu bibiri bitandukanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?