• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe rya LUCHA, riharanira impinduka muri RDC, basabye ko amatora yongera gusubirwamo ndetse.

minebwenews by minebwenews
December 25, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe riharanira impinduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (LUCHA), riranenga Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, aho ba menyesheje ko ay’amatora yaranzwe n’imvururu zirimo imirwano n’urusaku rw’inshi, bityo rero basabako Amatora, yasubirwamo kandi n’ukuriye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora (CENI), Denis Kadima, agatabwa muriyombi.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ibi bikubiye mw’itangazo uriya muryango wa LUCHA, bashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru, itariki 24/12/2023.

Bagize bati: “Ibyavuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023, biteshwe agaciro. Rwose Amatora asubirwemo.”

Bunzemo kandi ati: “Hakorwe ibishoboka byose Kadima Denis, uwari uhagarariye Komisiyo y’Amatora, aryozwe imitegurire ye mibi. Hagomba kubaho kubahiriza itegeko nshinga rya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ubwo rero abatarubahirije baje imbere y’Urukiko kubisigura.”

LUCHA, yanatangaje ko abakozi ba CENI, bangirije isura y’igihugu muri rusange ni mugihe bavuze ko “hari abakozi ba CENI bagaragaye mu mabiro barimo guhangana no guterana ibipfunsi.”

Umuryango wa LUCHA, ukaba wongeye no gusaba abanyekongo cyane Abanyapolitike, gukemura ibitaragenze neza banyuze munzira z’ibiganiro aho gukoresha imbunda n’amagambo akakaye.

Ibi bije byiyongera kubyo abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, barimo Moïse Katumbi Chapwe, Matata Mponyo, Delly Sesanga na Sethi Kikuni, bagaragarije amahanga n’Abanyekongo muri rusange ko ay’amatora yabaye muri RDC ko yaranzwe n’imico mibi itariyo kwihanganirwa.

Mubyo bagiye bashira munyandiko harimo ko ay’Amatora, yaranzwe na ruswa, ubujura, kutagaragaza ukuri n’ibindi bisa nibi.

Bakaba banasabye ko Kadima yegura kandi agatabwa muriyombi.

Kurundi ruhande rwa bakandida barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege, Theodore Ngoy, Jean Claude Boende na Nkema Liloo, nabo bavuze ko Amatora agomba gusubirwamo.

Martin Fayulu nabagenzi be bo, banateguye ko igihe ibi bitashizwe mugaciro, muricyo gihe kw’itariki 27/12/2023, ko bazakora imyigaragambyo simusiga yamagana ubutegetsi ndetse n’abateguye Amatora CENI.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIshirahamwe rya LUCHARdcRirasaba ko Amatora asubirwemo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi w'u Rwanda, w'ungirije, Alain Mukuralinda, yongeye guhumuriza Abanyarwanda, kubya Tshisekedi, wavuze ko azarasa i Kigali y'icaye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?