Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe rya LUCHA, riharanira impinduka muri RDC, basabye ko amatora yongera gusubirwamo ndetse.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 25, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe riharanira impinduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (LUCHA), riranenga Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, aho ba menyesheje ko ay’amatora yaranzwe n’imvururu zirimo imirwano n’urusaku rw’inshi, bityo rero basabako Amatora, yasubirwamo kandi n’ukuriye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora (CENI), Denis Kadima, agatabwa muriyombi.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Ibi bikubiye mw’itangazo uriya muryango wa LUCHA, bashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru, itariki 24/12/2023.

Bagize bati: “Ibyavuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023, biteshwe agaciro. Rwose Amatora asubirwemo.”

Bunzemo kandi ati: “Hakorwe ibishoboka byose Kadima Denis, uwari uhagarariye Komisiyo y’Amatora, aryozwe imitegurire ye mibi. Hagomba kubaho kubahiriza itegeko nshinga rya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ubwo rero abatarubahirije baje imbere y’Urukiko kubisigura.”

LUCHA, yanatangaje ko abakozi ba CENI, bangirije isura y’igihugu muri rusange ni mugihe bavuze ko “hari abakozi ba CENI bagaragaye mu mabiro barimo guhangana no guterana ibipfunsi.”

Umuryango wa LUCHA, ukaba wongeye no gusaba abanyekongo cyane Abanyapolitike, gukemura ibitaragenze neza banyuze munzira z’ibiganiro aho gukoresha imbunda n’amagambo akakaye.

Ibi bije byiyongera kubyo abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, barimo Moïse Katumbi Chapwe, Matata Mponyo, Delly Sesanga na Sethi Kikuni, bagaragarije amahanga n’Abanyekongo muri rusange ko ay’amatora yabaye muri RDC ko yaranzwe n’imico mibi itariyo kwihanganirwa.

Mubyo bagiye bashira munyandiko harimo ko ay’Amatora, yaranzwe na ruswa, ubujura, kutagaragaza ukuri n’ibindi bisa nibi.

Bakaba banasabye ko Kadima yegura kandi agatabwa muriyombi.

Kurundi ruhande rwa bakandida barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege, Theodore Ngoy, Jean Claude Boende na Nkema Liloo, nabo bavuze ko Amatora agomba gusubirwamo.

Martin Fayulu nabagenzi be bo, banateguye ko igihe ibi bitashizwe mugaciro, muricyo gihe kw’itariki 27/12/2023, ko bazakora imyigaragambyo simusiga yamagana ubutegetsi ndetse n’abateguye Amatora CENI.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIshirahamwe rya LUCHARdcRirasaba ko Amatora asubirwemo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi w'u Rwanda, w'ungirije, Alain Mukuralinda, yongeye guhumuriza Abanyarwanda, kubya Tshisekedi, wavuze ko azarasa i Kigali y'icaye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?