• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe rya LUCHA, riharanira impinduka muri RDC, basabye ko amatora yongera gusubirwamo ndetse.

minebwenews by minebwenews
December 25, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe riharanira impinduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (LUCHA), riranenga Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, aho ba menyesheje ko ay’amatora yaranzwe n’imvururu zirimo imirwano n’urusaku rw’inshi, bityo rero basabako Amatora, yasubirwamo kandi n’ukuriye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora (CENI), Denis Kadima, agatabwa muriyombi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ibi bikubiye mw’itangazo uriya muryango wa LUCHA, bashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru, itariki 24/12/2023.

Bagize bati: “Ibyavuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023, biteshwe agaciro. Rwose Amatora asubirwemo.”

Bunzemo kandi ati: “Hakorwe ibishoboka byose Kadima Denis, uwari uhagarariye Komisiyo y’Amatora, aryozwe imitegurire ye mibi. Hagomba kubaho kubahiriza itegeko nshinga rya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ubwo rero abatarubahirije baje imbere y’Urukiko kubisigura.”

LUCHA, yanatangaje ko abakozi ba CENI, bangirije isura y’igihugu muri rusange ni mugihe bavuze ko “hari abakozi ba CENI bagaragaye mu mabiro barimo guhangana no guterana ibipfunsi.”

Umuryango wa LUCHA, ukaba wongeye no gusaba abanyekongo cyane Abanyapolitike, gukemura ibitaragenze neza banyuze munzira z’ibiganiro aho gukoresha imbunda n’amagambo akakaye.

Ibi bije byiyongera kubyo abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, barimo Moïse Katumbi Chapwe, Matata Mponyo, Delly Sesanga na Sethi Kikuni, bagaragarije amahanga n’Abanyekongo muri rusange ko ay’amatora yabaye muri RDC ko yaranzwe n’imico mibi itariyo kwihanganirwa.

Mubyo bagiye bashira munyandiko harimo ko ay’Amatora, yaranzwe na ruswa, ubujura, kutagaragaza ukuri n’ibindi bisa nibi.

Bakaba banasabye ko Kadima yegura kandi agatabwa muriyombi.

Kurundi ruhande rwa bakandida barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege, Theodore Ngoy, Jean Claude Boende na Nkema Liloo, nabo bavuze ko Amatora agomba gusubirwamo.

Martin Fayulu nabagenzi be bo, banateguye ko igihe ibi bitashizwe mugaciro, muricyo gihe kw’itariki 27/12/2023, ko bazakora imyigaragambyo simusiga yamagana ubutegetsi ndetse n’abateguye Amatora CENI.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIshirahamwe rya LUCHARdcRirasaba ko Amatora asubirwemo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi w'u Rwanda, w'ungirije, Alain Mukuralinda, yongeye guhumuriza Abanyarwanda, kubya Tshisekedi, wavuze ko azarasa i Kigali y'icaye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?