Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe Socico RDC, rya shize hanze icyeranyo kiranga umutekano uko wari uhagaze mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, umwaka ushize.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 14, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 13/01/2024, ishirahamwe rya SOCICO RDC rikorere mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, rya tanze raporo y’umwaka wose ku bijanye n’umutekano.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Biciye mw’ijwi ry’u muyobozi mukuru wiri shirahamwe SOCICO RDC bwana Kelvin Bwija yavuze ko inzirakarengane zapfuye zose zingana na 458 naho abashimutswe bangana na 290 mugihe abagera kuri 159 bo, bafashwe kungufu.

Perezida Kelvin Bwija, yasobanuye ko muri teritware ya Fizi ariho habereye amapfa menshi ni mugihe umubare waho ungana na bagera ku 119, Fizi ikurikirwa na teritware ya Uvira ifite umubare ungana na 68, naho teritware ya Mwenga ndetse na teritware ya i Djwi zaje k’umwanya wa Gatatu aho buri teritware yabariwe ku bantu 50, mugihe teritware Walungu yabariwe kubagera 38, Kabale yo ni 30 Kalehe 28 Shabunda abagera kuri 20 u Mujyi wa Bukavu niwo waje k’umwanya wanyuma ni 15 hamwe n’u Mujyi wa Uvira.

Sosiyete sivile SOCICO RDC ntiyigeze ikora urutonde rusobanura iz’impfu, ku baba barishwe n’imvura cyangwa amasasu ndetse na bishwe n’impanuka ariko yavuzeko ikibazo cy’umutekano muke arico gishobora kuba cyarahitanye abantu benshi.

Ku bijanye nishimuta, teritware ya Fizi niyo yaje k’umwanya wa mbere aho abagera kuri 70 bashimuswe hakurikiyeho teritware ya Mwenga, yashimuswemo abagera kuri 50, teritware ya Shabunda yo hashimutswe abagera kuri 48 umwanya wa kane haje teritware ya Uvira yashimutiwemo abagera kuri 35, umwanya wa Gatanu haje teritware ya Kalehe n’u Mujyi wa Bukavu, hashimutswe abagera kuri 21, teritware ya i Djwi ni 14, umwanya wa nyuma haje Walungu 8 n’u Mujyi wa Uvira bifite abashimuswe bagera kuri 6.

Ku bijanye n’ikibazo cyihohoterwa rishingiye kugitsina teritware ya Fizi yaje k’u mwanya wambere iza ifite umubare wa bantu 32 bahohotewe bushingiye ku gitsina, Kalehe yaje k’u mwanya wa kabiri na bagera kuri25, Kabare 19 u Mujyi wa Bukavu ufite abagera kuri 18, Walungu ni 13, Uvira ni 15, Mwenga na i Djwi ni 10, Shabunda yo ni 12, u Mujyi wa Uvira niwo wanyuma ni 5.

Tubibutse ko Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, ishimutwa n’iyicwa rya hato na hato rya ba sivile, ahanini ryi basiye abo mu bwoko bwa Banyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange, ibi byabaye cyane muri teritware ya Fizi na Uvira.

Bruce Bahanda.

Tags: Mu Ntara ya Kivu yamajy'EpfoRaporo y'umwakaSocico RDCUmutekano
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Inka z'Abtutsi zanyazwe n'abungeri bazo bashimutwa n'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?